Kigali: Buri mwaka bica umuntu none Bane muri bo batawe muri yombi. Video

Mu karere ka Gasabo, mu murenge wa Masaka ahazwi nko mu mudugudu wa Gatare, aha ni muri Rusheshe, haravugwa inkuru y’urupfu rw’umwana w’umuhungu w’imyaka 18 y’amavuko yakomeje guteza intugunda muri rubanda, ubwo insoresore n’inkumi bakomeje gushaka kurya badakora ahubwo bagatugwa no kwiba ibya rubanda.

Tariki ya 25 ukwakira 2021, mu rukerera nibwo hagaragaye umurambo wa Munezero David, wabonetse murutoki

Aha umuturage umwe yabwiye ikinyamakuru gikorera kuri murandasi cya Afrimax TV ko yari abyutse agiye mu misa ya mu gitondo maze akabona ikintu kiryamye mu rutoki maze yareba neza agasanga ni umurambo uharyamye maze agatabaza inzego z’ibanze.

Aha abaturage batandukanye bafashe ijambo babwira umunyamakuru, iby’urugomo rukunze kugaragara muri aka gace, aho bose bahurizaga ku ijambo rimwe ko insore sore n’inkumi z’ahitwa mu kagese ko arizo zikora urwo rugomo rwo kwica abantu bakabambura ibyabo.

Nyirakuru wa Munezero David (nyakwigendera) yabwiye icyo gitangazamakuru ko uyu David baherukana ku mugoroba wabanjirije iyi tariki nyakwigendera yapfiriyeho.

Yagize ati: “Muheruka ku mugoroba ubwo yari aje gutora amafaranga maze afata igare rye arigendera, ubwo aho ninaho muherukira, none ubu ngiye kumva numva bambwirango ninze ntore umurambo w’Umwuzukuru wange’’.

Undi muturage umwe nawe yafashe ijambo abwira kiriya gitangazamakuru ko  nubwo atanze amakuru ubu nawe ashatse yaba asezera kuby’isi.

Ati: ‘’Aya makuru ntanze ubu sindi burare kabiri‘’.

Abenshi mubaturage bari bahuruye gutabara uyu muryango wa nyakwigendera bahurizaga kukintu kimwe cyuko ngo burimwaka muri aka gace hatabura kuvugwa inkuru y’ urupfu rw’ umuntu.

Hari uwagize ati: ‘’Wagirango iyo bishe umuntu baramurya?, cyangwa wenda bafite ikindi kintu bamaza abapfu”.

Bivugwa ko uyu Munezero David yaba yishwe n’aba basore n’inkumi bo mu kagese, bamuziza igare rye yari afite ndetse bakanamwaka amafaranga yarafite.

Urwego rw’ ubugenzacyaha RIB na Police bakaba barahise ko bata muri yombi insore sore 3 n’inkumi 1 bakekwaho ko aribo baba bamwishe  bakaba bari mwiperereza.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *