Kigali: Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere yatawe muri yombi ashinjwa kwandagaza umugore we ku karubanda

James Kansiime usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gakenke ari mu maboko ya Polisi mu Mujyi wa Kigali  akurikiranyweho kwandagaza umugore we akoresheje ifoto ikwirakwizwa kuri WhatsApp igaragaza umugore we ari kumwe n’undi mugabo babashinja gufatwa basambana. 

Umwe mu nshuti z’uyu muryango umaze iminsi muri iki kibazo, yabwiye Umuseke ku mugoroba wo kuri uyu wa 26 Kanama ko Kansiime yafashwe agafungwa kubera ibyo ngo yaba yarakoreye umugore we byo kumwandagaza. 

Supt Mbabazi Modeste, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali muri iki gitondo yabwiye ikinyamkauru Makuruki.rw ko uyu mugabo ari mu maboko ya Police “ngo nubwo nta byinshi bahita batangaza kuko batarabona amakuru arambuye” 

Kansiime n’umugore we Grace babyaranye abana babiri, amakuru yagiye atangazwa na benshi avuga ko umugabo we ngo yamuhozaga ku nkeke ndetse ngo baza gutandukana by’igihe gito bidaciye mu mategeko, ari nabwo ngo uyu mugabo yaba yarateguye umugambi wo gusebya umugore we agategura umugambi wo kumufata no kumufotora ari kumwe n’uyu mugabo bakoranaga, abashinja kubafata basambana. 

Uyu muyobozi mu karere ubu ngo yaba akurikiranyweho icyaha cyo gucura umugambi wo gusebya uwo bashakanye ku karubanda, agamije kubona uko batandukana. 

Amafoto y’uyu mugore n’umugabo bakoranaga yakwirakwijwe henshi ku mbuga nkoranyambaga kuva kuwa kabiri w’iki cyumweru.  

Agaragaza uyu mugore n’umusore bicaye ku buriri mu cyumba bambitswe amapingu bivugwa ko bafashwe basambana kandi umugore yubatse. 

Yarebe unyuze hano

Monetize your Website, YouTube Channel, Facebook, Twitter, Instagram and Tik Tok Account and start earning money today. It works with/Without Google Adsense and it is better than them. Click Here to start your Journey 

Murakaza neza kuri Amazuku Community. kuri uru rubuga nkoranyambaga, Mushobora kuganira n’inshuti (Chat), Gusaba ubushuti (Friend request) mukanazisangiza amafoto na videos ari nako mukorera amafaranga… Mu nkuru zacu zikurikiraho tuzabagezaho ibisabwa byose kugirango umuntu abashe guhembwa akayabo kamafaranga kuri Amazuku. Icyo musabwa ni ukubanza mukiyandikisha mu bambere. 

Iyandikishe unyuze hano kandi ntiwibagirwe gusura E-mail yawe kugirango ubashe gukora verification ukanze kuri link wohererezwa na Amazuku kugirango konti yawe yemerwe. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Ushobora no kuganira natwe unyuze hano (Ubanza kwiyandikisha kuri uru rubuga nkoranyambaga amazuku.com, aho ushobora no kuganiriraho n’inshuti zawe) 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *