Musanze: Umugabo yaguwe gitumo asambanyiriza umugore w’abandi muri Butike?

Mu karere ka Musanze, umurenge wa Muko mu kagari ka Kabudundu, umugabo yafashwe asambanyiriza umugore w’abandi muri butiki.

Ahagana muma saa cyenda z’ijorozo ryo kuwa 13 Mata 2022 nibwo Uwitwa Nyirahabimana Leonille,  yahurujwe abwirwa ko umugabo we Nzaramba  David aryamanye n’undi mugore muri butiki yabo ubusanzwe uwo mugabo yararagamo.

Abaturanyi bakomeza bavuga ko umunsi umugore yari yaraye mu rugo, Nyirahabimana amaze kumva ko umugabo we ari kumuca inyuma yahagurukije umuhungu we w’imfura iryo joro bajya kuri butiki.

Amakuru ya Rwandatribune akomeza avuga ko ubwo bari bageze yo Nyirahabimana yahise akomanga, ubusanzwe Umugabo yumvaga umugore we akomanze akihutira kumukingurira gusa uwo munsi siko byagenze.

Nyirahabimana agira ati: ”Nabwiye umuhungu wanjye ko aguma ku muryango wo ku irembo njye nkajya kuwo mugikari ngezeyo nkomanze umugabo yanga gukingura”.

“Ariko numva arikuvugana n’undi muntu, nagiye kubona mbona arafunguye vuba vuba hahubukamo umugore yirukanka cyane, nanjye mwirukaho iryo joro”.

Avuga ko bageze imbere mumazu yaho iyo nshoreke ivuka Nyirahabimana agira ubwoba akeka ko bene wabo bamugirira nabi aratabaza rubanda barabyuka bamufasha kumwirukaho ariko bayoberwa aho  yihishe.

Aba baturage batabaye bihutiye guhamagara mudugudu bajya kubyutsa umugabo w’iyo nshoreke, basanga umugore yari yageze iwe kare, ubusanzwe bose ni abaturanyi.

Umugabo we yarabyutse ariko uwo mugore ukekwa yanga ko umugabo we avugana n’ubuyobozi arabirukankana.

Abayobozi b’umudugudu wa Kabudundu ku munsi weje bwabajije Nzaramba  David niba yemera ko koko yaciye umugore we inyuma arabyemera avuga ko yashutswe n’uwo mugore amufatanije n’inzoga.

Nzaramba yasabye imbabazi umugore we mu ruhame. Gusa umugore yavuze ko izo mbabazi asaba zikemangwa ngo kuko iyo ngeso ayimaranye imyaka itatu yose kandi ari nako amusaba imbabazi.

Umunyamakuru yamubajije niba arakomeza mu nzego zo hejuru agira ati: ”Umugabo wanjye aramutse abicitseho namubabarira kuko butiki ayimariye uwo mugore kandi byose ari imbaraga zanjye”.

Yakomeje avuga ko abagabo bakwiye kunyurwa nabo bashakanye.

Ati: “Abagabo n’abagore bakwiye kunyurwa nabo bashakanye, uretse ko no kuba guca inyuma uwo mwashakanye ari icyaha gihanwa n’amategeko, hanze aha hari indwara nyinshi zandurira mu mibonano mpuzabitsina, kandi izo ndwara zizana ubukene n’urupfu mu muryango”.

Ntabwo byadukundiye kuvugana n’uwo muryango w’umugore wafashwe asambana na David Nzaramba, hagize icyo batangaza twakibamenyesha mu nkuru yacu itaha.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *