Pasiteri yakemanze ubuhamya bw’uwashimaga Imana ahita amukura ku ruhimbi, ahita abwira abayoboke be ko ntamuntu azihanganira utanga ubuhamya agamije kubeshya.
Pasiteri witwa Paul Enenche Dunamis, umushumba w’itorero ryitwa International Gospel Center riherereye mu murwa mukuru wa Nigeria Abuja, yirukanye kuruhumbi umukobwa wariho ashima Imana, ariko Pasiteri akaza gukemanga ubuhamya bwe aho yatahuye ko ariho abeshya.
Uwo mukobwa mu buhamya bwe, yavuga ko ashima Imana yamushoboje kuba ariwe wenyine mu muryango wiwabo wabashije kwiga akarangiza Kaminuza.
Yagize ati” Ndashima Imana kuba Arijye muntu mu muryango wacu wabashije kwiga ngenyine nkarangiza kaminuza, ubu nkaba ndi umunyamategeko nakuye muri Kaminuza nkuru ya Nigeria yitwa National Open Nigeria (NOUN)
Ubwo yatanga ubwo buhamya, Pasiteri Paul yaje kugira amakenga bitewe nukuntu icyongereza yakoreshaga cyari hafi yantacyo, maze ahita amubaza niba koko yarize Kaminuza.
Pasiteri yagize ati” ufite iyihe mpamya bumenyi mu Mategeko?
Uwo mukobwa ahita atangira kujijinganya ahita amubwira ko afite iyitwa BSc.
Maze Pasiteri ahita amusubiza ngo, niyo ufite? Undi ati” yego niyo mfite.
Paaiteri n’umujinya mwinshi yahise abona ko ariho abeshya maze ahita amusaba kuva kuruhumbi ako kanya ahita abwira abayoboke be ko ntamuntu numwe azihanganira ko ajya kuruhimbi ajyanywe no kubeshya ngo aratanga ubuhamya.
Ibi byabaye mu materaniro yo kucyumweru tariki ya 14 Mata 2024, nyuma yaho hasohokeye iyo video igaragaza uburyo Pasiteri yirukanye ku ruhimbi uwo mukobwa wariho atanga ubuhamya, abakoresha imbuga nkoranyambaga batanze ibitekerezo bitandukenye harimo nabanenze imyitwarire ya Pasiteri wakojeje isoni uwo mukobwa imbere yabakristo be.
INKURU NZIZA
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.