Perezida Kenyatta yatanze Umuburo ukomeye cyane ku mitwe yitwaje intwaro muri RDC irangajwe imbere na FDLR

Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yahamagariye imitwe yitwaje intwaro itandukanye ikorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuzirambika hasi, ahubwo igakorana na Perezida Félix mu guharanira amahoro n’umutekano mu burasirazuba bwa kiriya gihugu.

Ni ubutumwa bwa videwo ya Kenyatta bwatambukijwe ejo ku wa Gatatu, ubwo hakomezaga ibiganiro biri guhuza Leta ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwayo.

Ibi biganiro kuva ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize biri kubera i Nairobi muri Kenya.

Perezida Kenyatta yabwiye imitwe yitwaje intwaro ko nidakorana na Guverinoma ya RDC mu guharanira amahoro n’umutekano, nta ruhande na rumwe ruzigera rutsinda.

Ati: “Hatabayeho kurambika intwaro ngo mugirane amasezerano y’igihugu atajegajega yo gutekanisha RDC, imbuto z’ubukire mwese mukwiriye zizava muri iyi mpano ikungahaye zizakomeza kugorana”.

Perezida Kenyatta yabwiye abanye-Congo ko ari yo mpamvu byihutirwa ko niba bifuriza icyiza igihugu cyabo bakwiriye guhuza imbaraga, bagashyiraho urufatiro/ umusingi w’ubukungu bakora ubudacogora kugira ngo bazagere ku mahoro arambye.

Yavuze ko agaciro k’amahoro kihariye, bityo hakaba nta gishobora kugerwaho ku butaka bwugarijwe n’umutekano muke.

Kenyatta yashimiye Perezida Tshisekedi n’imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwe kuba baremeye icyifuzo cya Kenya yabahurije mu biganiro by’amahoro, abasaba kuvugana no guhuza imbaraga mu rwego rwo guteza imbere RDC.

Yabijeje ko Kenya itazacogora kubafasha no kubashyigikira muri uru rugendo.

Kenyatta yabahaye urugero rw’uko n’igihugu cye cyanyuze mu bihe bigoye cyane birimo imvururu zo muri 2010 zaguyemo abatari bake, gusa bikaba byarasabye ubwitange kugira ngo iki gihugu kigerweho n’ikibatsi cy’amahoro kuri ubu gifite.

Abahagarariye imitwe yitwaje intwaro irenga 30 ni bo bari mu biganiro by’amahoro na Guverinoma ya RDC biri kubera i Nairobi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *