Perezida Macron yagendeye kure Biden anyuranya nawe ku biri kubera mu ntambara ya Ukraine n’u Burusiya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yanze kunga mu rya Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, washinje u Burusiya ibyaha bya Jenoside muri Ukraine biturutse ku bwicanyi bwakorewe abasivile mu duce dutandukanye.

Yabivugiye mu kiganiro yagiranye na France2, ubwo Macron yabazwaga niba yakoresha inyito ya ‘Jenoside’ mu gusobanura ubwicanyi bwakorewe Abanya-Ukraine.

Perezida Macron yagize ati: “Mpisemo kwitondera izo nyito uyu munsi kubera ko aba bantu [Abanya-Ukraine n’Abarusiya] ari abavandimwe”.

Aya magambo ya Macron ashobora gushyira mu rujijo ubutegetsi bwa Amerika mu gihe ibihugu by’i Burayi bisa n’aho bihuje umugambi wo kwamagana intambara y’u Burusiya kuri Ukraine.

Macron uri gushaka manda ya kabiri ku butegetsi bw’u Bufaransa, yavuze ko intambara y’amagambo atari yo izarangiza ikibazo cy’u Burusiya na Ukraine.

Ati: “Ndashaka gukomeza kugerageza ibishoboka byose ngo iyi ntambara ihagarare amahoro yongere ahinde. Simpamya ko guterana amagambo byagira icyo bitanga”.

“Icyo twemera ni uko ibi ari ibyaha by’intambara kandi bidakwiye. Turi mu byaha by’intambara bitari byitezwe ku butaka bwacu- ubutaka bw’u Burayi”.

Macron yatangaje ibi nyuma y’aho Joe Biden aherutse kuvuga ko ubwicanyi bwabereye ahitwa Bucha kimwe n’ahandi hiciwe abasivile muri Ukraine byafatwa nka jenoside.

Hagati aho ariko Biden yafashwe nk’ufite umugambi wo guhamagarira ibindi bihugu guhuriza hamwe bigafatira ibihano ubutegetsi bw’u Burusiya.

U Burusiya bwakomeje kwamagana ibirego bya Biden buvuga ko ari ibintu bidakwiye kwihanganirwa.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *