Rurageretse hagati ya Ariel Wayz n’abafana be kubera Ifoto uyu muhanzikazi yashyize ahagaragara

Umuhanzikazi Ariel Wayz yateje impaka kuri twitter nyuma y’ifoto yashyuze ahagaragara yarangiza akayikurikiza amagambo abakoresha uru rubuga nkoranyambaga bamukurikiranira hafi batavuzeho rumwe.aho bamwe babifashe nko kwiyandarika mu gihe we avuga ko ibyo arimo abizi.

Uyu muhanzikazi Nyarwanda uri kuzamuka byihuta muri Muzika Nyarwanda mu njyana ya R&B na Afro Beat, kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Ukuboza 2021 nibwo yashyize ku rukuta rwe rwa twitter, ifoto yambaye ijaketi y’iroza idafunze ubufungo igituza n’umukondo we bigaragara, maze ivugwaho ibintu bitandukanye.

Si yashyizeho iforo gusa kuko yayikurikije amagambo yavuguishije benshi bamukurikiranira hafi aho yagize ati “Muvuge SU mene umuceri n’ubundi NTABWO NTEGANYA (Ntiyavuze icyo adateganya ahari ni ya mvugo yateye igira iti n’ubundi nta Gikwe…).

Yasaga nk’ushaka kubwira abamukurikira ko usibye n’iyo foto abereka igituza n’umukundo bamutegeye yabereka n’ibindi, ariko bituma bamwe babifata nko kwiyandarika.

Nk’ukoresha izina rya @birashoboka yagize ati: “Niba ushaka kubahwa ukwiye gutekereza ahazaza hawe. Uwo ushaka kuzaba uri we mu myaka 40”.

Ariel Wayz nawe yahise amusubiza ko ibyo arimo abizi atari mu mikino.

Ati “Uratekereza rero ko naje hano gukina imikino Ndimogukora njyewe kandi nishimye cyane”.

Uwitwa Newcastle United FC nawe yahise amubaza ati: “Ese ubona ibi uzabyigira kugera ryari?”

Wayz nawe ntiyatinze kumusubiza agira ati “Mpakaaa”

Uwitwa Paterson we yagize ati: “Uyu mukobwa akurikiranwe kuko ariyandarika!”

Nawe Ariel Wayz yamusubije agira ati “Umubiri wanjye, business yanjye,”

Uwiyita Musirikare we yagize “Rata nibakureke ntawucuraza afunze boutique !!!amamazaaa!!!!”

Asubiza agira ati “Aho amabanga yose agiye gushyirwa hanze”

Uwiyita Cluera nawe yamubajije icyo adateganya yavuze aziga ati: ”Ntago uteganya iki se? kogosha cg kujya Gym??”

Nawe yamusubije agira ati “Byombi”.

Uwitwa Jonathan Nassan we yagize ati: “Sha ndakwikundira ufite imbereheza Cyane umukondo wangu”.

Macuacua we ati: “Uri mwiza wa rwana we”.

Dushime Ruganzu we ati: “You’re looking good dear, uzi kuririmba, uri mwiza, courage!”

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *