Umugore yavuze ukuntu Nyirabukwe n’umugabo we bamusohokanye, Kugira ngo bamusabe ko yajya areka umugabo we akamuca inyuma.

Ni ibisanzwe abantu benshi ku isi bitwara neza imbere y’ababyeyi buwo bashakanye, yaba sobukwe cyangwa nyokobukwe bigusaba kwitwararika kugira ngo burigihe bajye babibona ari wowe warukwiriye umwana wabo.

Nyamara ibi siko byagenze ku mukobwa umwe w’imyaka 23 watanze ubuhamya kuri TikTok.

Uyu mugore avuga ko ubwo yatumirwaga ngo ajye gusangira na nyirabukwe yumvaga ko ari umwanya mwiza wo kumumenya neza ndetse akaba yaboneraho kubona umwanya nawe wo kumwiyereka nk’umwana mwiza ukwiriye umusore wuwo mubyeyi.

Nyamara umugoroba we ntiwagenze nkuko yabitekerezaga kuko ibyo yabonye byari bitandukanye nibyo yibwiraga mbere yuko bahura.

Uyu mukobwa ngo yatunguwe nuko yaba umukunzi we ndetse na nyina umubyara, bari batumiye uyu mukobwa kugira ngo bamusabe ndetse bamwumvishe ko umunsi yabanye nuwo musore akwiye kumwemerera akajya yigira mubandi bakobwa, bivuze ko bamusabaga ko uwo mugabo we namuca inyuma bitazajya bimubabaza.

Ushobora kugira ngo habayeho kwibeshya ariko nibyo, ubusanzwe ababyeyi cyane b’abagore usanga bababazwa cyane no kumva ko umuhungu we yaciye inyuma umugore we cyangwa umukobwa bakundana, nyamara siko bimeze kuri uyu kuko we yasabaga umukobwa ukundana n’umuhungu we kujya areka umuhungu akihaza mu bagore.

Mu mashusho yarebwe n’abarenga miliyoni uwo mukobwa agira ati: “ndibuka ubwo umuhungu twahoze dukundana yansohokanaga turikumwe na mama we, maze bagashaka kunyumvisha ko nkwiye kureka umuhungu we akazajya anca inyuma cyane cyane kumunsi we w’amavuko” uwo mukobwa avuga ko ibyo byamubayeho ubwo yarafite imyaka 15 maze umuhungu bari bamenyanye vuba agahita amuhuza na nyina.

Umukobwa avuga ko nyina wuwo muhungu we yifuzaga ko niyo umuhungu we yashaka umugore adakwiye kumera nkuzirikiye ahantu hamwe, ahubwo akwiye kuzajya ajya mu tubyiniro kenshi ariko by’umwihariko kumunsi we w’amavuko akazajya ashaka abandi bakobwa bakishimana.

Ubwo umukobwa yababwiraga ko atabyemera ngo nyina wuwo muhungu yaramurakariye cyane ndetse amubaza niba ibyo avuga akomeje cyangwa yikinira, nyuma yaje kumusaba ko byibuze atajya amureka ngo abikora buri munsi ariko byibuze kumunsi we w’amavuko akamureka agasohoka ndetse akishimishanya nabandi bakobwa.

Uyu mukobwa ngo yishwe n’agahinda gakomeye ndetse aza kumenya ko uwo muhungu yamucaga inyuma, ndetse biza kurangira amuretse burundu.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *