Umunyarwandakazi Dj Sonia ubwo ukiri ku kiriyo cya musaza we, yakomotse ku ‘mashusho ye’ yakwirakwijwe yambaye ukuri

DJ Sonia uri ku kiriyo cya musaza we uherutse kwitaba Imana, yababajwe n’abamwitiriye amashusho y’inkumi yambaye ubusa amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga. 

Kuva ku wa 4 Mata 2024, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amashusho y’umukobwa uri mu buriri yambaye ubusa bikavugwa ko ari DJ Sonia. 

DJ Sonia abinyujije mu itangazo ryashyizwe hanze n’abareberera inyungu ze, yayahakanye ahamya ko atari we, icyakora aboneraho no kwihanganisha nyirayo kuko ntawe ukwiye ibyo yakorewe. 

Ati “Ndashimira by’umwihariko buri umwe wambaye hafi muri ibi bihe bikomeye, sinabona uko mbashimira urukundo mwanyeretse muri ibi bihe byo guherekeza musaza wanjye.” 

Yakomeje agira ati “Ndashaka gushyira umucyo ku mashusho y’umukobwa ugaragara mu mashusho kuko atari njye ndetse nta n’uruhare nagize mu kugira ngo ajye hanze […] ku rundi ruhande mpagararanye n’uwagizweho ingaruka n’ibi bibazo kuko nta n’umwe bikwiye kubaho.” 

DJ Sonia yaboneyeho gusaba abantu kwirinda kuvogera ubuzima bwe bwite. 

IGIHE

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *