Umurundi bikekwa ko ari icyihebe yafatiwe muri gare afite imbunda ebyiri agana mu Mujyi wa Kampala

Umugabo bivugwa ko ari Umurundi ukekwaho kuba mu mitwe y’iterabwoba yafatiwe mu Karere ka Kisoro muri Uganda afite imbunda ebyiri mu isakoshi agana mu murwa mukuru, Kampala

Uyu mugabo wafatiwe muri gare amaze gutega bisi yavaga muri Kisoro yerekeza i Kampala, yasanganywe indangamuntu ya Uganda yanditsemo Mbabazi Turinayesu

Brigadier Flavia Byekwaso, Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, yatangarije Ijwi ry’Amerika ko igisirikare cyatangiye iperereza rigamije kumenya niba ibikorwa uwo mugabo yari arimo byaba bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba byahitanye abantu i Kampala ku wa kabiri w’iki cyumweru.

Nyuma y’ibitero bibiri by’ubwiyahuzi byo kuwa kabiri ushize i Kampala, hafi y’inteko ishinga amategeko no hafi y’ikigo cya polisi ndetse n’ikindi cyaburijwemo mu Mujyi wa Nankana, inzego z’umutekano ziracyaryamiye amajanja.

Kuri uyu wa Gatatu mu itangazo Polisi yashyize ahagaragar ikaba yavuze ko abantu batatu ari bo baguye muri ibyo bitero barimo umupolisi umwe, abandi 37 babikomerekeramo. Mu bakomeretse 27 ni abapolisi abandi 10 ni abasivili.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *