Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi washimye ingabo z’u Rwanda igaragaza ko yifuza gukorana nazo mu buryo bwisumbuyeho bitewe n’iyi mpamvu

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi (EU) washimye umusanzu w’ingabo z’u Rwanda mu kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Mozambique na Centrafrica, igaragaza ko yifuza gukorana n’u Rwanda mu buryo bwisumbuyeho bitewe n’iyi mpamvu.

Byatangajwe n’Umuvugizi wa EU mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru Lusa byo muri Portugal ku wa 16 Gashyantare 2022, nk’uko DW yabitangaje.

Uyu Muvugizi yagize ati: “EU irateganya gukorana n’u Rwanda mu buryo bwisumbuyeho, mu rwego rw’umutekano n’igisirikare”.

“Iha agaciro uruhare rukomeye rw’u Rwanda mu kubungabunga umutekano muri Mozambique no muri Repubulika ya Centrafrica, kandi irashaka ubufatanye mu bikorwa no mu guhanahana amakuru n’ingabo z’u Rwanda”.

Ibi biro byibukije uyu Muvugizi ko Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi aherutse gusabira ubufasha muri EU ingabo z’u Rwanda n’iz’ibihugu bigize akarere ka Afurika y’amajyepfo (SADC) ziri kurwanya umutwe w’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, kugira ngo zizamareyo igihe kirekire.

Icyo gihe Perezida Nyusi yagize ati: “Urugamba ruri gusaba abafatanyabikorwa bacu igiciro kinini. Ntabwo bazakomeza by’igihe kirekire, igihe cyose kandi bishobora kugira ingaruka ku bikorwa, mu gihe baba batabonye ubufasha”.

Umuvugizi wa EU yasubije abo ku rwego rwo hejuru bahagarariye ibihugu bigize uyu muryango babanza kugeze ubusabe ku Nama yawo, ikaba ari yo itanga igisubizo, gusa ngo nta cyemezo kirafatwa.

Ati: “Abawuhagarariye ku rwego rwo hejuru bafite uburenganzira bwo gutanga igitekerezo ku Nama, basaba aubufasha ku ngabo. Rero nta cyemezo kirafatwa kuri Mozambique”.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *