Umutwe wa M23 wahawe gasopo ku bakinnyi 11 b’Ikipe y’umupira w’amaguru ushinjwa gushimuta

M23 irashinjwa gushimuta abakinnyi 11 b’Ikipe y’umupira w’amaguru ubwo berekezaga mu mukino wa Shampiyona y’Intara mu mujyi wa Goma. 

Amakuru atangazwa n’abanyamakuru bo muri Kivu ya Ruguru avuga ko abo bakinnyi ari ab’ikipe yitwa ’ONZE VEDETTES De Pinga’, bikavugwa ko ku wa 13 Mata 2024 ari bwo M23 yabashimutiye i Kitshanga bari mu nzira berekeza i Goma. 

Abatanze amakuru ku ifatwa ry’aba bakinnyi bemeje ko ngo “M23 yabafashe ibita abararwanyi ba WAZALENDO” 

Abazi imiterere y’imihanda yo muri DRC baremeza ko ubwo aba bakinnyi ari abo muri Pinga bakaba berekezaga i Goma ubwo bashakaga kunyura mu muhanda wa Kitshanga – Kilorirwe – Sake – Goma. Uyu akaba ari umwe mu mihanda yafunzwe na M23 kuva mu ntangiriro za Gashyantare 2024. 

Hari umwe mu basesenguzi ba Bwiza wavuze ko hariya Pinga naho hari indiri y’Inyeshyamba za FDLR ziri mu zifatanya n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) hamwe n’abandi bafatanyabikorwa bazo mu kurwanya M23. 

Uwitwa Maisha Innocent uvuga ko aharanira uburenganzira bwa muntu yahaye gasopo M23 kuri aba bakinnyi agira ati ” Ni abantu 11, tuzi isaha n’ahantu bafatiwe, bari mu biganza bya M23, kubagirira nabi kwa M23 biraba ari ikosa rikomeye” 

Perezida w’iriya kipe ubwe niwe wemeje ko M23 yabahoye ko ari abarwanyi ba WAZALENDO. 

Ubutumwa bugufi bwa Lt Cot Willy Ngoma uvugira M23 mu bya gisirikare wasubizaga umunyamakuru wa Bwiza TV bwavuze ko “Ikipe yamaze kugera i Goma” gusa uyu muvugizi yirinze kugira byinshi arenzaho. 

BWIZA 

INKURU NZIZA 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *