Umuyobozi wungirije w’akagari, SEDO yarashwe yitiranyijwe n’umugizi wa nabi

Biravugwa ko Polisi y’igihugu cy’u Rwanda yarashe Umuyobozi wungirije w’akagari [SEDO], witwa Bibutsuhoze Pio, nyuma yo kumwibeshyamo umugizi wa nabi. 

Mu masaha y’ijoro ryo ku wa 20 Gicurasi 2024 nibwo uyu muyobozi wungirije w’akagari ka Murambi ko mu Murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu yarashwe na Polisi y’u Rwanda 

Amakuru avuga aturuka muri kariya gace ko uyu SEDO yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara mu Murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi, bagahita batabaza.  

Icyakora ngo ubwo Polisi yatabaraga, uyu muyobozi wungirije w’akagari yarashwe akaguru ndetse ngo hari n’abagizi ba nabi bafashwe. 

Kuri ubu bariya bagizi ba nabi bafashwe bakaba bafungiwe kuri Polisi kandi ko iperereza rigikomeje ku buryo hari n’abandi bashobora gufatwa. 

Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface, aho yavuze ko uriya muyobozi wungirije w’akagari yakomerekejwe na Polisi ubwo yari itabaye, ariko ngo kuri ubu ari kwitabwaho n’abaganga mu bitaro bya Gisenyi, akaba ari ahasanzwe hakirirwa indembe. 

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru, ACP Rutikanga Boniface yagize ati “Kugeza ubu ntiturasobanukirwa niba yari umwe mu batabaye, cyangwa niba yari umugenzi wari kuri moto. Gusa yakomerekeye mu gutabara kwa Polisi, kandi iperereza rirakomeje.” 

ACP Rutikanga yakomeje ahumuriza abaturage bo muri kariya gace ibi byabereyemo ibizeza ko inzego zishinzwe umutekano ziri maso, mbere yo kubasaba ubufatanye mu gutangira amakuru ku gihe, kuko bitanga umusaruro mu gucunga umutekano. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *