Umwana w’umukobwa w’imyaka 11 yavuze amazina y’abagabo bose bamusambanyije

Nubwo akiri umwana, umukobwa wo muri Nigeriya w’imyaka 11 y’amavuko yateye ubwoba abamufashe ku ngufu, ubwo yavugaga abagabo bose bivugwa ko bamusambanyije.

Martha Okere, umunyamakuru utuye mu gace ka Port Harcourt, yashyize ahagaragara urutonde rugaragaza amazina y’abahohoteye umwana w’umukobwa ku rubuga rwe rwa Facebook.

Uyu mwana yashyize ku kuri urwo rutonde abamufashe ku ngufu. Ikibabaje hajemo ba nyirarume n’abandi babana mu gace kamwe na we.

Nubwo akiri umwana, uyu mukobwa wo muri Nigeriya w’imyaka 11 abantu bose bamufashe ku ngufu yabateye ubwoba ndetse bamwe bararakara cyane ubwo yavugaga abagabo bose bivugwa ko bamusambanyije.

Abantu bose bafata abana ku ngufu baritonde kandi babireke kuko akabo kashobotse.

Mu Rwanda, Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, aheruka kubwira ikinyamakuru IGIHE ko icyaha cyo gusambanya abana nta muntu ukwiye kugikerensa ndetse inzego z’ibanze n’abaturage bakwiriye gutanga umusanzu wabo mu kukirandura burundu.

Yagize ati: “RIB irasaba abantu kugumya gufatanya na yo bayiha makuru. Iki cyaha cyo gusambanya abana nta muntu ukwiye kukireberera, abayobozi b’ibanze nibadufashe, iki cyaha si icyo kwihanganira. U Rwanda rukeneye urubyiruko ruzima”.

Yakomeje avuga ko igikorwa cyo gushaka no guta muri yombi abakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana kizakomereza mu turere twose tw’igihugu.

RIB yihaye gahunda yo guca burundu iyi ngeso ikomeje kwiyongera cyo kimwe no kurwanya ibyaha bitandukanye bikorerwa abana.

Ingingo ya Kane y’Itegeko nº 69/2019 ryo ku wa 08/11/2019 rihindura itegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange riteganya ko umuntu wese ukorera ku mwana kimwe mu bikorwa bishingiye ku gitsina aba akoze icyaha. Ibyo bikorwa birimo gushyira igitsina mu gitsina, mu kibuno cyangwa mu kanwa k’umwana; gushyira urugingo urwo arirwo rwose rw’umubiri w’umuntu mu gitsina cyangwa mu kibuno cy’umwana no gukora ikindi gikorwa cyose ku mubiri w’umwana hagamijwe ishimishamubiri. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 20 ariko kitarenze imyaka 25.

Iyo umuntu mukuru asambanyije umwana uri munsi y’imyaka 14, igihano kiba igifungo cya burundu kidashobora kugabanywa kubera impamvu nyoroshyacyaha. Iyo umuntu mukuru asambanyije umwana ufite cyangwa urengeje imyaka 14 bigatera umwana indwara idakira cyangwa ubumuga, igihano kiba igifungo cya burundu. Iyo umuntu mukuru asambanyije umwana bigakurikirwa no kumugira umugabo cyangwa umugore, igihano kiba igifungo cya burundu kidashobora kugabanywa kubera impamvu nyoroshyacyaha.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *