Undi mufana ukomeye cyane wa Rayon Sports wanayifashaga mu kiyiha amafaranga atubutse, nawe yamaze gutera umugongo iyi kipe iyobowe na Jean Fidèle

Imwe mu nkuru ziri kubica ku mbuga nkoranyambaga ni iya Kanyabugabo Mohamed Hadji wari usanzwe ari umufana ukomeye wa Rayon Sports nawe wamaze kuyitera umugongo yigira muri Gasogi United ya KNC. 

Uyu Kanyabugabo Mohamed Hadji yari umwe mu makunzi ba Rayon Sports, kuko ari mu baguze itike y’umwaka wose yo kureba imikino yose ya Gikundiro, aho yaguze iya million 1 Frw. 

Akaba aje akurikira wari umufana ukomeye muri Murera witwa Sarpong, nawe uherutse kuva muri Rayon Sports akajya kwifanira mucyeba wayo w’ibihe byose APR FC, avuga ko nta byishimo ayibonamo. 

Mu yandi makuru avugwa mu mikino, Ikipe ya Rayon Sports yatangiye gukorana na IFREQ ikora ibijyanye no gupima ubushobozi bw’abakinnyi kugira ngo bazamure urwego rwabo ndetse babone amakipe ku buryo buboroheye. 

Amakuru ducyesha IGIHE avuga ko kuri uyu wa gatatu tariki 8 Gicurasi aribwo Ibi bikaba byatangiriye mu Nzove, aho abakinnyi batandukanye ba Rayon Sports bakoreshwaga ibizami hifashishijwe ikoranabuhanga bityo ngo bamenye uko bahagaze n’ibyo bakongeramo ingufu. 

Umuyobozi wa IFREQ Philippe de Liedekerke akaba yatangarije kiriya gitangazamakuru ko baje mu Rwanda kugira ngo bafatanye n’amakipe atandukanye n’abakinnyi bo mu Rwanda, bagamije kuzamura urwego rw’umupira w’amaguru nk’igihugu yibonamo. 

Yagize ati: “U Rwanda ni igihugu cyanjye cya kabiri kuko ni ho Mama umbyara avuka. Twaje rero kugira ngo dufatanye n’amakipe mu kuzamurira urwego abakinnyi.” 

“Dufite gahunda yo gukorana n’amakipe yose mu Rwanda gusa Rayon Sports ni yo yadufunguriye imiryango bwa mbere.” 

Yakomeje agira ati: “Turizera ko tuzakorana na benshi kugira ngo tuzamure urwego rw’abakinnyi tunabafashe kuko ni ko kamaro k’iri koranabuhanga ryacu.” 

Ikigo cya IFREQ gisanzwe gikoresha iri koranabuhanga ryo gupima abakinnyi aho bakorerwa igeragezwa ryo mu bice bine bareba ibijyanye n’ingufu, tekinike ndetse n’uko bakomeye mu mutwe. 

Iki kigo kuri ubu gikorana n’amakipe arenga 10 ku Isi yose, cyavukiye mu gihugu cy’u Bubiligi. Ni mu gihe abakinnyi bagera ku 1000 bamaze gutangira gukorana na kiriya kigo.  

Aha, buri mukinnyi ukorana na cyo akaba agira ibihe bye bibitse bituma amenya aho yakwikosora ndetse n’abashinzwe gushaka abakinnyi bakamubona ku buryo bworoshye. 

Uretse Rayon Sports, ikigo cya IFREQ kikaba yaranakoranye n’ishuri rya ruhago rya PSG i Huye, mu gihe kuri uyu wa gatanu, bateganya no gupima abakinnyi ba Rayon Sports y’abagore ndetse n’ab’ishuri rya ruhago rya Bayern Munich. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *