Yayifatiye iry’iburyo! Umugabo ufana Rayon Sports mu nzira agana kuri sitade yaje afashe ku ibere ry’iburyo ku mukobwa bari barikumwe

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana ifoto yaciye ibintu y’umufana wa Rayon Sports werekeje ku kibuga ku mukino wabahuje na mucyeba wabo w’ibihe byose ariwe APR FC, afashe ku ibere ry’umukobwa bari kumwe mu muhanda. 

Reba iyi foto yafashwe mbere y’uyu mukino ikaba ikomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga. 

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze APR FC ibitego 3-0, iyitwara Igikombe cya Super Coupe kiruta ibindi mu Rwanda.  Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Kigali Pele Stadium. 

Ni umukino wari utegerejwe n’imbaga y’Abanyarwanda, ahanini bitewe n’uko amakipe yombi yiyubatse muri iyi mpeshyi. 

Abakunzi ba APR FC by’umwihariko bari bakumbuye kubona abanyamahanga ikipe yabo yasinyishije nyuma y’imyaka 11 ikinisha Abanyarwanda, gusa aba Rayon Sports na bo bari bakumbuye kubona niba abakinnyi ikipe yabo yaguze bafite ubushobozi bwo guhangana n’aba mukeba. 

Rayon Sports yafunguye amazamu ku munota wa gatanu w’umukino ibifashijwemo na Charles Bbale, ku mupira wa Coup-Franc yari itewe na Héritier Luvumbu mbere y’uko uriya rutahizamu w’Umugande wari uhagaze wenyine awuteraka mu izamu rya Pahvel Nzilha n’umutwe. 

Ni igitego cyaje gikurikira uburyo bubiri bw’ibitego APR FC yari imaze kugerageza. 

Nyuma y’igitego cya Rayon Sports ikipe y’umutoza Roger Froger yakomeje kotsa igitutu iya mugenzi we Zelfani, gusa uburyo bubarirwa muri butanu bw’ibitego yagiye ibona inanirwa kububyaza umusaruro. 

Uburyo buremereye APR FC yabonye ni ubwo ku munota wa munani w’umukino ubwo Hategekimana Bonheur wari mu izamu rya Rayon Sports yahaga umupira ba rutahizamu ba APR FC, gusa Joseph Apam Assongwe awutera hejuru y’izamu ryari rirangaye. 

Ni Apam cyakora wahaye akazi gakomeye ubwugarizi bw’iburyo bwa Rayon Sports bwariho Serumogo Ally Omar. 

Rayon Sports yaranzwe no gukinira inyuma yarangije igice cya mbere cy’umukino iri imbere n’igitego 1-0. 

Bitandukanye n’igice cya mbere cy’umukino, Rayon Sports yagarutse mu gice cya kabiri irema uburyo bwinshi bw’ibitego ahanini bitewe n’intege nke z’abakina mu kibuga hagati ba APR FC. 

Murera yarushijeho kurusha imbaraga Gitinyiro mu minota ya nyuma, ubwo umutoza Zelfani yari amaze gukora impinduka zasize ahaye umwanya abarimo Mucyo Didier Jr wafashe umwanya wa Serumogo, Iraguha Hadji, Kalisa Rashid, Nsabimana Aimable na Mvuyekure Emmanuel ’Manu’. 

Rayon Sports yashimangiye intsinzi ku munota wa 85 w’umukino biciye kuri penaliti ya Kalisa Rashid, nyuma y’ikosa Nshimiyimana Yunussu yari amaze gukorera kuri Joackiam Ojera. 

Uyu munya-Uganda yatsindiye Rayon Sports agashinguracumu ku munota wa 90+5 nanone kuri Penaliti, nyuma y’irindi kosa yari akoreweho na Ramadhan Niyibizi. 

Rayon Sports yegukanye Igikombe inahabwa Frw miliyoni 10, mu gihe APR FC yacyuye Frw miliyoni 5. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *