Abagore batunguye benshi nyuma yo kurwanira inkundura muri hoteli bapfa Gen Kayanja

Uwahoze ari umuririmbyi, Halima Namakula n’undi mugore witwa Phina Mugerwa bakozanyijeho ubwo bari bahuriye kuri Hoteli yitwa Fairway iri i Kampala mu birori by’isabukuru ya Maj Gen Elly Kayanja.

Aba bagore bari baje kwifatanya n’uyu mujenerali wari wujuje imyaka 62, bapfurana imisatsi ari nako ibitutsi nabyo byahawe umwanya mu kwandagazanya.

Mbu Reports ivuga ko Halima Namakula wahise arakara akibona Mugerwa, yabajije uwo mugore igituma buri gihe ajya kumuteranya na Gen Kayanja, amusebya.

Phina Mugerwa wari kumwe n’isnhuti ze ntiyabyihanganiye, asubiza Halima n’uko imirwano irarota.

Aba bagore bakururanaga imisatsi, byasabye Gen Kayanja we ubwe ahagoboka, arabakiza, ibirori nabyo birakomeza.

Amakuru akomeza avuga ko Halima nk’uwatangije imirwano ari we wari uyoboye ugukururana imisatsi, ari nako atanga icyigwa kuri mugenzi we amwiyama kuzongera kumusebya kuru Gen Elly Kayanja.

Halima yavugaga ko Mugerwa Phina abikora no ku zindi nshuti ze ngo zitisanga kuri Gen Kayanja, umwe mu basirikare bubashywe muri Uganda.

Aba bagore bapfaga ubutoni kuri Gen Kayanja Elly wavukiye mu Karere ka Rakai mu 1959.

Yinjiye igisirikare mu 1982, yigira igisirikare ahitwa Kimaka muri Jinja. Yagiye ayobora ingabo ndetse no mu butasi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *