Abahanzi babiri b’ibyamamare muri muzika Nyarwanda bamerewe nabi n’amaso y’Amarundi

Abaraperi barimo Bull Dogg na P Fla bugarijwe n’indwara y’amaso y’amarundi ubusanzwe yitwa ‘Conjonctivite virale’ imaze iminsi yibasiye Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba. 

Mu gihe Pacson aherutse gukira ayo maso y’amarundi, amakuru ducyesha IGIHE ndetse yanemejwe na banyiri ubwite, ni uko P Fla na Bull Dogg na bo bamaze iminsi bafashwe n’iyo ndwara y’amaso y’amarundi. 

Amakuru ahari ahamya ko nta numwe muri aba baraperi wanduje undi kuko buri wese yanduriye ukwe. 

Iyi ndwara ikomeje kwibasira abatari bake, iterwa na virus yitwa ‘Adenovirus’. 

Kugeza uyu munsi nta muti wayo uhari gusa ani indwara abasirikare b’umubiri bibashiriza ikaba ikira nyuma y’ibyumweru bibiri cyangwa na mbere yabyo. 

Akenshi umuntu wafashwe n’iyi ndwara ahabwa imiti igabanya ububabare mu gihe hategerejwe ko ikira, icyakora abahanga mu by’ubuzima bagira inama uyarwaye ko mu gihe yumva ababara cyane yajya kwa muganga akareba niba nta ngorane yagize akaba yafashwa. 

Uburyo bwo kwirinda iyi ndwara ni ugukaraba kenshi amazi n’isabune cyangwa imiti yica udukoko, ubundi uyirwaye akirinda gusuhuzanya akoresheje ikiganza. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *