Hamenyekanye inkumi y’ikizungerezi wasenye urugo rw’umuhanzi Chriss Eazy na Pascaline

Mu minsi yashize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwira amakuru, amafoto n’amashusho bivuga ko umuhanzi Chriss Eazy ndetse n’umukobwa witabiriye Miss Rwanda, Umuhoza Pascaline ko baba bari mu rukundo. 

Nubwo aba bombi bavuga ko ari inshuti gusa bisanzwe, gusa burya ngo nta mwotsi ucumba nta muriro cyangwa ngo ntanduru ivugira ubusa ku musozi. 

Uyu mukobwa witwa Pascaline, ntagihe kinini akunze kuba ari mu Rwanda, ndetse nubwo ayo makuru yavugwaga nabwo yari ari mu mahanga. 

Andi makuru yasakaye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko Chriss Eazy na Umuhoza Pascaline bamaze gutandukana kandi ngo ubyihishe inyuma ari inshuti yabo, Kayumba Darina. 

Amakuru akomeje gucacana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko ubwo Pascaline yari yaragiye hanze, Kayumba Darina ariwe wihaye inshingano agasigara ku rugo. Ubwo muri make yasigaranye Chriss Eazy. 

Ibyo rero nibyo Pascaline yaje kumenya bituma bashwana baratanduka. 

Mu yandi makuru y’imyidagaduro agezweho, Umuraperi Kivumbi uherutse kubona abajyanama bashya agiye guhita amurika album ye ya kabiri yise ‘Ganza’ iyi ikazaba ikurikira iya mbere yise ‘DID’ yari iriho indirimbo nka Nakumena amaso n’izindi nyinshi, iyi ikaba yarasohotse mu 2021. 

Ab’inkwakuzi mu bakunzi ba Kivumbi iyi album ye nshya yise ‘Ganza’ bazayumvira bwa mbere muri ‘Atelier du Vin’ ku wa Gatanu tariki 17 Gicurasi 2024. 

Iyi album nshya ya Kivumbi izaba igizwe n’indirimbo icumi, iyi ikaba ariyo ya mbere agiye gushyira hanze kuva yatangira gukorana na sosiyete nshya ‘Deealoh Entertainment’ iri kumufasha mu bijyanye n’umuziki. 

Ubuyobozi bwa Deealoh Entertainment bwabwiye IGIHE ko muri uyu mushinga bazamufasha mu bijyanye no kumenyekanisha iyi album kuyimurikira abakunzi be no kumutegurira igitaramo. 

Mu minsi ishize nibwo Kivumbi yashyize umukono ku masezerano amwinjiza muri Deealoh Entertainment yo muri Nigeria, iyi ikaba isanzwe ikorana n’umuhanzi uri kuzamuka witwa Triqa Blu. 

Kivumbi ugiye kumurika iyi album ni umwe mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, mu minsi ishize yasohoye indirimbo ye nshya yise ‘Wait’ yakoranye na Axon, iyi ikaba imwe mu zimaze igihe zikunzwe. 

Ku rundi ruhande ariko uyu muhanzi azwi mu ndirimbo nka Yarampaye yakoranye na Kirikou Akili w’i Burundi, Maso y’Inyana n’izindi nyinshi. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *