Amakuru mashya: Hagaragajwe ko Afurika iri guhabwa inking za Covid-19 zenda kurangiza igihe

Mu gihe Isi yose ikomeje guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19, aho inkingo zigaragazwa nk’izishobora gufasha Isi kwigobotora iki cyorezo, hari impungenge z’uko inkingo nyinshi zenda kurangiza igihe zidakoreshejwe, nyamara ibihugu bikennye bitarazibona.

Mu minsi ishize, Nigeria yatangaje ko inkingo zigera kuri miliyoni za AstraZeneca yahawe itabashije kuzikoresha, bitewe n’uko yazihawe zibura iminsi hagati y’ibyumweru bine na bitandatu ngo zitakaze agaciro. Ibi byatumye iki gihugu kitabona uko kizikwirakwiza, birangira zitaye agaciro.

Ni mu gihe iki gihugu gituwe na miliyoni hafi 200, kimaze gukingira abaturage bari munsi ya 5% gusa.

Amakuru avuga ko ibihugu byiganjemo iby’i Burayi, biri kohereza muri Afurika inkingo bigaragara ko zenda kurangiza igihe, bitewe n’uko ziri kubura abo ziterwa mu bihugu byabo, nk’uko Quartz yabitangaje.

Inkingo zirimo AstraZeneca, Johnson & Johnson na Pfizer ziri koherezwa muri Afurika cyane, zifite igihe cy’amezi ari hagati y’atandatu n’icyenda ariko hari iziri koherezwa zibura amezi abiri ngo zirangize igihe zagenewe.

Nyinshi muri izi nkingo zoherezwa mu bihugu bya Afurika ariko ikibazo kikaba ko byinshi mu bihugu byo kuri uyu Mugabane bidafite ubushobozi bwo gukwirakwiza izo nkingo mu buryo bwihuse, ku buryo kenshi zihagera zigasazira mu bubiko, kuko haba hakenewe imyiteguro myinshi mbere yo kuzitera abaturage.

Ibihugu bike bya Afurika, birimo n’u Rwanda, nibyo bigaragazwa nk’ibifite uburyo bishobora gutanga inkingo byahawe kandi mu gihe gito gishoboka, ku buryo bishobora kwirinda ko zangirika.

Amakuru avuga ko bitarenze uku kwezi, inkingo zirenga miliyoni 100 zishobora gutakaza agaciro ku Mugabane w’i Burayi, ibintu byaba biteye isoni cyane kuko nk’Umugabane wa Afurika umaze gukingira abaturage bari munsi ya 7%, mu gihe impuzandengo y’ikingira muri rusange igeze kuri 42% ku rwego rw’Isi.

Ibihugu bikize binafite inkingo zirenze ibyo zikeneye biri mu biganiro n’inganda zakoze inkingo kugira ngo hongerwe uburambe bwazo, uretse ko ibi bitagaragazwa nk’igisubizo kirambye cy’iki kibazo, ahubwo igikenewe ari ukwihutisha ikwirakwizwa ry’inkingo mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, byiganjemo ibyo muri Afurika.

Uretse Nigeria, ibihugu birimo Namibia, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Malawi, Sudan y’Epfo n’ibindi, biherutse gutanga umuburo bivuga ko inkingo byahawe zitazakoreshwa kuko zisigaje igihe gito ngo zitakaze agaciro.

IGIHE

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *