Uwimana Claudine w’imyaka 22 agiye gushyingiranwa n’umusaza w’imyaka 76 bamaranye imyaka 4 mu munyenga w’Urukundo

Umunyarwandakazi Uwimana Claudine w’imyaka 22 yongeye gushimangira ko urukundo nyarwo rutareba imyaka, ubukungu, isura n’ibindi ubwo yemeraga gushyingiranwa n’umusaza Nkurikiyinka David w’imyaka 76 bari bamaze imyaka 4 bakundana.

Nkurikiyinka David arusha Uwimana Claudine ukiri muto imyaka 54 yose, ndetse iyo bari kumwe benshi bibeshya ko uyu ari sekuru cyangwa ko ari se iyo bataramenya ukuri ko aba bombi bakundana.

Uwimana waganiriye na Afrimax ishami ry’Icyongereza, yavuze ko nubwo inshuti n’abaturanyi bamunenga kuba yarakundanye n’umusaza, ababyeyi be bamushyigikiye.

Claudine avuga ko benshi bavugaga ko yashakanye na David kugira ngo azashobore kwibonera ibyo atunze ariko yagaragaje ko adakize.

Muri icyo kiganiro na Afrimax TV ducyesha iyi nkuru, bagaragaje ko bahuriye mu rusengero imyaka 4 ishize bagahita batangira gukundana.

Nkurikiyinka David ngo yamaze imyaka myinshi asaba Imana ko yamuha umukunzi, birangira imuhaye uyu mukobwa Uwimana Claudine arusha imyaka 54.

Uwimana yagize ati: “Abantu baravuga ariko ntacyo bahindura kuko mukunda.Baravuze ngo “ese uriya mukobwa n’uriya musaza ubwo barakwiranye?. Narababwiye nti “umutima niwo ukunda nta kindi. Uyu musaza sinigeze mukunda ngo n’uko afite imitungo cyangwa iki. Oya”.

Yakomeje agira ati: “Aranshimisha, ugasanga aranterura.Nta musore wigeze abikora ariko uriya musaza we nta kibazo cye”.

Uyu mukobwa yavuze ko ababyeyi be batigeze binubira amahitamo ye kuko ngo hari abasore benshi bifuje kubana nawe ntabishimire.

Uyu musaza yamaze kwambika impeta uyu mukobwa ndetse mu minsi iri imbere bazakora ubukwe nkuko babitangarije kiriya gitangazamakuru

Uyu musaza utarigeze akundana mbere, yavuze ko yahoraga asenga yiyiriza ubusa kugira ngo abone umugore, cyane ko umwanya we wose yari yarawuhariye Imana.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *