Amakuru mashya: Uganda yatangiye gushyira ibyuma by’ikoranabuhanga ku mipaka yayo n’u Rwanda

Biravugwa ko Ikigo cya Uganda gishinzwe imisoro (URA) n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka byatangiye gushyira ibyuma by’ikoranabuhanga bya sikaneri (scanners) ku mipaka ihuza iki gihugu n’u Rwanda, mu rwego rwo gukaza kuvugurura ubugenzi bukorerwa amakamyo ahanyura.

Charles Wanjala uhagarariye URA mu karere k’amajyepfo y’uburengerazuba ubwo ku mupaka wa Kagitumba hari hamaze gushyira ibi byuma, yasobanuriye itangazamakuru ko bizabafasha kugabanya igihe ubugenzuzi bwatwaraga.

Yagize ati: “Ntabwo twumvikanaga n’inzego z’umutekano ku buryo bwo kugenzura amakamyo aturutse mu bindi bihugu”.

Ati: “Ariko ibi bizadufasha mu gukura urujijo ku bintu biri mu makamyo. Bizanagabanya igihe cy’ubugenzuzi, kigere ku minota 10”.

Umuyobozi w’umupaka wa Kagitumba, Nelson Busobozi yavuze ko usibye kugabanya iki gihe, bizongera n’umutekano waho, cyane ko mu bushobozi bwabyo ngo bishobora no gusuzuma nk’ibisasu n’ibindi bikoresho byakwifashishwa mu bikorwa by’iterabwoba.

Umupaka wa Kagitumba washyizweho ibi byuma wakira amakamyo abarirwa muri 200 ku munsi. Byitezwe ko mu kigereranyo cy’isaha imwe bizajya bisuzuma amakamyo 180.

Usibye kuri uyu mupaka, Leta ya Uganda iteganya no kubishyira ku yindi irimo Katuna, Cyanika ku Rwanda na Bunagana kuri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Ubusanzwe iyi mipaka ihuza u Rwanda na Uganda ifatwa nk’ifunze kuko abaturuka mu bihugu byombi ntibashobora kugenderana kuva ubwo umubano wabyo watangiye kugenda nabi, gusa amakamyo yambukiranya ibi bihugu aturutse mu bindi yo yemerewe kwambuka.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

Ibi byumba byashyizwe ku mupaka wa Kagitumba ku ikubitiro (ifoto: Daily Monitor)

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *