Amerika, Australia, n’u Bwongereza byahuje imbaraga mu mushinga w’ibisasu kirimbuzi nyuma yuko u Burusiya n’u Bushinwa bije ku isonga

Australia, u Bwongereza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byishyize hamwe mu mushinga wo kongera ingufu mu gukora ibisasu bya kirimbuzi bifite ubushobozi bwo kwihuta kurusha ijwi.

U Bushinwa ni igihugu cya mbere cyihutiye kwamagana uwo mugambi, aho bwavuze ko ushobora gushyira ibindi mu ngorane nk’iziri kuba muri Ukraine.

Abayobozi ba Australia, u Bwongereza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko banejejwe n’intambwe imaze guterwa kugeza ubu mu kwihutisha ikoranabuhanga rijyanye n’ikorwa ry’ibyo bisasu.

Ntabwo higeze hatangazwa amakuru arambuye ajyanye n’ikorwa ry’ibyo bisasu gusa bivugwa ko u Bwongereza na Amerika aribyo bihugu bishyize imbaraga mu ikorwa ryabyo.

Leta Zunze Ubumwe na Amerika n’ibihugu byo muri NATO biri inyuma y’u Bushinwa n’u Burusiya mu bijyanye no gutunga ibisasu bya hypersonique.

Mu yandi makuru, u Bushinwa bwasabye Leta zunze Ubumwe za Amerika kuva mu by’ibihano zirimo gufatira u Burusiya, kuko birimo kugira ingaruka no ku bihugu by’inshuti zayo.

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, Zhao Lijian, yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru.

Yagarutse ku bihano bikomeje gufatirwa u Burusiya, avuga ko bikwiye gukurwaho ahubwo hagakoreshwa ubundi buryo mu gukemura ikibazo cya Ukraine.

Yavuze ko Amerika ikwiye kwitondera ibi bihano, kuko nayo ubwayo biyigiraho ingaruka.

Yakomeje ati: “Ibigo byo muri Amerika bitumiza inyongeramusaruro mu Burusiya. Ku Burayi, intambara n’ibihano byazanye impunzi, igabanyuka ry’ishoramari n’ibura ry’ibijyanye n’ingufu”.

Yavuze ko Amerika ikomeje kwishyira mu mwanya wo “kungukira mu bibazo by’abandi”.

Zhao yavuze ko ibihano Amerika ikomeje gufata bigira ingaruka ku bukungu bw’Isi, ndetse ko bidashobora “kuzana amahoro n’umutekano.”

Yakomeje ati: “Niba Leta zunze Ubumwe za Amerika zishaka gushyigikira ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine, ikwiye guhagarika kumena lisansi mu muriro igahagarika ibi bihano, ikirinda amagambo y’ubushotoranyi ndetse igashishikariza impande zombi kugana ibiganiro bigamije amahoro”.

Zhao yanakomoje ku bikomeje kugarukwaho ko Ingabo z’u Burusiya zishe abaturage b’abasivili mu mujyi wa Bucha muri Ukraine, avuga ko hakenewe iperereza ryigenga kugira ngo hamenyekane ibyabaye.

Gusa yavuze ko ibikorwa by’ubutabazi bidakwiye guhindurwa politiki, kuko ibirego byose bikwiye gushingira ku bimenyetso bifatika.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *