Birababaje! Umupasiteri n’umugore we bishe umwana wa nyirurugo bakodeshamo bamutangaho igitambo

Umupasiteri n’umugore we bo mu Mujyi wa Jinja bemeye ko bishe umwana w’imyaka ine wa nyiri urugo bakodeshamo mu rwego rwo gutanga igitambo, bajyana abashinzwe iperereza ahantu habiri hatandukanye hasanzwe ibice by’umubiri w’uwo mwana muri iyi weekend nk’uko bitangazwa n’Igipolisi cya Uganda.

Uyu wiyita Umuhanuzi Sserubiri Joseph n’umugore we, Felista Namaganda bo mu itorero Deliverance and Healing Ministries ryo mu gace ka Kakira, babwiye abashinzwe iperereza ko ari bo bishe Trinity Nakisuyi Nabirye Zabeela, umwana w’umukobwa w’ine.

Nabirye yaburiwe ku itariki ya 30 Nzeri, bibaho dosiye igera aho isa nk’igiye kwibagirana kugeza ubwo, bigizwemo uruhare n’abaturage, polisi itangaje aba banyedini, nk’abantu bakekwa mu iperereza ku cyaha.

Aba bombi nyuma bajyanye abashinzwe iperereza mu Mudugudu wa Wanyange, ku nkengero z’Ikiyaga cya Victoria, ahasanzwe agahanga k’umwana, nyuma bakomereza mu murima w’ibisheke uri muri Kakira, ahasanzwe igihimba cyaratangiye kwangirika.

Umuvugizi wa polisi muri Kiira, James Mubi, avuga ko pasiteri n’umugore we batawe muri yombi ku itariki ya 4 Ukuboza nyuma y’aho telephone ya pasiteri ikurikiranwe ndetse hagasangwa amaraso mu cyumba yakodesheje nyuma y’umunsi umwe umwana aburiwe irengero.

Mubi ati: “Kuva amezi abiri ashize umukobwa aburiwe irengero, abapolisi bakomeje kumushakisha aho aherereye babifashijwemo n’ababyeyi be kandi iperereza ryacu ryerekana ko abashakanye (pasiteri n’umugore we) baramutanzeho igitambo, icyaha bakaba baracyemeye”.

Iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga bamwe mu baturage bayibwiye ko uyu mupasiteri n’umugore we bakodesheje igaraje ya John Mulodi, se w’umwana wishwe, nyuma bakayihinduramo urusengero bivugwa ko ari narwo icyaha cyakorewemo.

Umuturage wavuze ko yitwa Godfrey Maliyamungu yasabye “abapolisi kuvugurura iperereza ryabo kuri bamwe mu bayobozi b’amatorero yiyita ay’abavutse bwa kabiri bafite ubuhanuzi bw’ibinyoma avuga ko batuma habaho ubushyamirane mu mukumbi”.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *