Dore amayeri uzakoresha ugafasha umugore wawe kurangiza akagukunda Ubuziraherezo?

Kuri ubu, kurangiza ku bagore/Abakobwa mu gihe cyo gutera akabariro bisigaye ari ibintu bikunzwe cyane. Nubwo biri uku, siko byahoze mu myaka yashize kandi ntibyakunze kujya bibatera ipfunwe dore ko binashoboka ko benshi muri bo batari bazi ko bibaho.

Bamwe mu baganga n’abahanga mu bijyanye n’ihuzabitsina bemeza ko kuba hari abagore batakunze kugira amahirwe yo kurangiza mu gihe cyo gutera akabariro nta kibazo byabateye haba ku mubiri no mu mibereho yabo muri rusange dore ko mu mpera z’imyaka ya za 70, hari abari bakemeza ko bitanabaho ko ahubwo ari ikintu cyaremwe kikanamamazwa n’itangazamakuru.

Muri iki gihe ibi byose byarahindutse, abaganga n’abahanga bakomeza bavuga ko ari byiza kurangiza kuko bigira byinshi bihindura mu mubiri bikaba byiza kurushaho iyo bibaye kenshi mu gihe cyose yumva abishaka.

Bimwe mu byiza byo kurangiza harimo kuba bitera amaraso kuba agenda neza mu mitsi, akaba yasinzira neza, bishobora no gufasha mu kwimara umubabaro n’agahinda.

Ese kurangiza k’umugore ni iki?

Abantu benshi ntibasobanukiwe no kurangiza k’umugore. Muri iki gihe, ibiba mu mubiri w’umugabo iyo asohora ni bimwe n’ibiba mu mubiri w’umugore iyo arangiza.

Mu yandi magambo, ku mugore ugiye kurangiza arimo akora imibonano mpuzabitsina habaho kwiyongera cyane k’uburyohe yumva mu mubiri bikagera aho bimurenga, akaba yatangira no gutitira, aha bikaba biterwa no kuba bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina ye igenda ikangwa n’igitsina cy’umugabo inshuro nyinshi mu madakika make, ibi bikaba bitandukanye n’ibiba ku bagabo iyo basohora.

Birashoboka kurangiza inshuro nyinshi ku mugore…

Irindi tandukaniro rinini riri hagati yo kurangiza kw’abagore n’abagabo ni uko nyuma yo kurangiza bwa mbere, abagore benshi bashobora kurangiza bwa kabiri ndetse n’izindi nshuro nyinshi biboroheye akenshi bikaba byaba mu gihe cy’umunota cyangwa ibiri, bikaba byanakomeza bitewe n’uwo barimo bakorana imibonano.

No mu bagore harimo itandukaniro kuko abakiri bato bashobora kurangiza kenshi cyane ugereranyije n’abagore bamaze gukura igihe cyose babishaka kandi babifashijwemo n’abakunzi babo babimenyereye dore ko ari n’ibintu umuntu ashobora kwiyigisha gahoro gahoro.

Ni byiza gutuma umugore aryoherwa birenze

Ku bagabo ikintu cy’ingenzi bakagombye kwitaho cyane ni uko umugore agera aho yumva uburyohe burenze atari uko bahatirije nkuko bikunze kugenda ku bagabo muri rusange.

Biroroha cyane ku bagabo kugira ngo arangize iyo akora imibonano mpuzabitsina kabone niyo yaba adakunda uwo barimo bayikorana.

Mu miterere y’abagore siko bameze kuko kugira ngo bibeho bisaba ko umugore yumva ari mu gihe cyiza, agiye kubikorana n’uwo yiyumvamo, kuba yumva ashakwa kandi akunzwe no kuba azi ko uwo bagiye kuryamana afite ubumenyi buhagije bwo kugira ngo aryoherwe.

Mugabo aho uri hose, niba mu buriri udashobora guha umukunzi wawe ibyiza nk’ibi maze kuvuga haruguru, ntuzoroherwa no gutuma aryoherwa akaba yanarangiza, ibi kandi bikunze kubyara ibibazo byinshi ntiriwe mvuga.

Uku kumufasha kuryoherwa birenze, akaba aribyo bikuraza inshinga nibyo bizatuma abasha kurangiza mu gihe cyose utegereje wihanganye.

Niba uri umugabo, ni byiza guhora wibuka ko gushyira igitsina cyawe mu cy’umugore bitamutera kuba yakumva ubwo buryohe burenze. Ibishobora gukorwa muri iki gihe kugira ngo bigerweho ni byinshi, fata akanya ubitekerezeho urabibona.

Ibimenyetso by’Umugore uri kurangiza

Ubundi iyo umgore arangije arisimbiza cyane akakwiyegereza ariko iyo ntacyo muhishanya akubwira ko arangije, ushobora no kumubaza kugira ngo urusheho kumushimisha.

Ku bamenyereye gutera akabariro ntibigoye kumenya ko umugore yarangije cyangwa ko arimo kurangiza, wumva atangiye guhumeka cyane no gusohora amajwi, ubwo mu gitsina hariyegeranya cyane ukumva igitsina kirimo kubyiga icy’umugabo kikabura aho gikwirwa, ahubwo utabimenyereye wagira ngo mu gitsina hari ikintu kidasanzwe kihabaye.

Ibyo byose ariko ni ku mukunzi mumenyeranye utaguhisha, naho ubundi abagore ni abahanga ashobora kwikora ibyo byose akakubwira ko yarangije kandi atarangije.

Umugore urimo kurangiza ashobora kukwiyegereza cyane, ukumva arimo kugukurura ngo umwinjiremo cyane, nawe rero uba ugomba gukomeza kumushimira ahamuryoheye.

Umugore urimo kurangiza ashobora gusakuza, cyangwa agashinyiriza, bitewe n’uburyo yakiramo ibyishimo, hari abaseka cyane, hari n’abavuga nk’abarimo gutaka, aha bisaba ubushishozi.

Umugore urimo kurangiza cyangwa se ugiye kurangiza, arirekura wese, agafungura amaguru, ku buryo ubona ko arimo kuryoherwa cyane, iyo bishobotse arakurata, akagushimagiza, abivuga mu majwi nawe wumva agutunguye cyane.

Hari abagabo benshi batajya bamenya ko abagore babo barangije, bakabana imyaka n’imyaka ariko atazi niba umugore we ajya arangiza, gusa hari n’abagore batajya bamenya uko barangiza cyangwa n’ibindi bijyanye nabyo, nko kuzana amavangingo n’ibindi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *