Mu mwaka wa 2021, Abimukira barenga 3000 bapfiriye mu nyanja bagerageza kujya i Burayi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ryatangaje ko umwaka ushize abantu 3,077 bapfiriye mu nyanja ya Méditerranée n’iya Atlantique, bagerageza kwambuka ngo bajye i Burayi.

Iyi mibare ikaba ikubye kabiri abapfuye mu 2020.

Iyi raporo yatangajwe kuri uyu wa Gatanu isaba ko hagira igikorwa cyihutirwa mu kugabanya umubare w’impunzi, abashaka ubuhunzi n’abandi bimukira bapfa bashaka kujya i Burayi.

Umuvugizi wa HCR, Shabia Mantoo, yavuze ko mu 2020 hapfuye impunzi n’abimukira 1544, bikaba bitanga intabaza kuko kuva uyu mwaka watangira abantu 478 bamaze gupfa cyangwa kuburira mu nyanja.

Umwaka ushize abantu 1924 bapfiriye cyangwa baburira mu nyanja ya Méditerranée mu gihe abandi 1153 bapfiriye mu nzira y’amazi iri mu majyaruguru ya Afurika bajya mu birwa bya Canaries bigenzurwa na Espagne.

Raporo kandi yerekana ko abimukira 53,323 umwaka ushize bageze mu Butaliyani n’ubwato, bakaba bariyongereyeho 83 ku ijana ugereranyije na 2020.

Abandi 23,042 bageze mu birwa bya Canaries.

Imibare yerekana ko 61 ku ijana by’abimukira bambutse banyuze muri Tunisie, mu gihe abambuka banyuze muri Libya bagabanyutseho 150 ku ijana.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *