Dore ibidasanzwe ukwiye kumenya kuri wowe niba ujya ubira ibyunzwe mu gihe cyo gutera akabariro

Abahanga bavuga ko gukora imibonano mpuzabitsina ari igikorwa kigirwamo uruhare n’ingingo zose z’umubiri kandi ko gishobora gufasha mu gutwika ibinure no kugabanya isukari.

Ibi ni ibintu birimo ukuri kubera ko icyo gikorwa gisaba imbaraga nyinshi kandi kigatuma ibice bitandukanye by’umubiri binyeganyega.

Kubira ibyuya mu gihe cy’ikorwa ry’imibonano mpuzabitsina rero ngo ntacyo bitwaye, ntibinakwiye gutungura umuntu kandi ngo ni na byiza.

Icyakora abantu bagirwa inama yo kuzirikana isuku ku buryo bashobora gutegura udutambaro twabugenewe two kwihanaguza ibyunzwe dore ko kwisanga wabibize muri icyo gikorwa bifite inyungu zitandukanye nk’uko bigaragazwa na latestly.com.

Bifasha gutwika ibinure no kugabanya isukari nyinshi mu mubiri

Si ibintu abantu benshi basanzwe bamenyereye ko igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina gishobora gufasha mu kugabanya isukari mu mubiri no gutwika ibinure bikagabanuka ariko burya iki gikorwa ngo ntaho gitaniye no gukora imyitozo ngororangingo kuko cyongera ubushyuhe mu mubiri, kikazamura urwego rwo gutera k’umutima ari na yo mpamvu abakirimo bashobora kwisanga babize ibyunzwe.

Bakomeza bavuga ko mu gihe wagize ubunebwe bwo kujya mu nzu zikorerwamo imyitozo ngororamubiri, ushobora gukorera mu rugo uwo wo gutera akabariro kandi ukungukirwa nk’uwagiye muri izo nzu (Gym) ndetse ngo ukanagerekaho iryo shimishamubiri rinakora ku marangamutima.

Raporo zitandukanye zigaragaza ko kubira ibyunzwe no kurya ibintu bimwe na bimwe nk’inkeri, inzuzi z’ibihaza cyangwa ifu yabyo; bituma urushaho kugira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bikanagufasha kumererwa neza mu buzima.

Iyo ubikoze wirinda kunywa itabi no kunywa cyane ibisindisha kandi ukanagabanya kurya inyama zitukura ari na ko abagabo bakangurirwa kurya inyanya cyane kuko bibafasha mu gutuma intangangabo zimera neza.

Kubira ibyuya ni ikimenyetso cy’uko imibonano mpuzabitsina iri kugenda neza

Latestly.com ivuga ko ntako biba bisa iyo abantu babiri bisanze babize ibyunzwe bambaye umwambaro wa Adamu (uko bavutse) mu gihe bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina imibiri ikoranaho kuko icyo ngo ari ikimenyetso simusiga ko bombi bari kwizihirwa n’ibyo baba barimo.

Abagore bo bagirwa inama yo kwihata imbuto zirimo inanasi, ipapayi, amacunga n’izindi kugira ngo uretse kuryoherwa n’icyo gikorwa, baniyumve neza kandi bahorane impumuro nziza mu gihe bakora imibonano mpuzabitsina bigaragara ko ishobora gutera umuntu kubira ibyunzwe kandi ari n’ikimenyetso cy’uko bari kuvanamo ibyishimo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *