U Burusiya bwagerageje igisasu gishya cyambukiranya imigabane buvuga ko nta bwirinzi bwa misile buhari bwagihagarika

U Burusiya bwavuze ko bwagerageje misile yabwo nshya yambukiranya imigabane yo mu bwoko bwa ballistique yiswe Sarmat yo mu bwoko bwa misile, ikaba ari inyongera ku ntwaro za kirimbuzi butunze.

Perezida Vladimir Putin yavuze ko bizaha abanzi ba Moscou ikintu cyo gutekerezaho mbere yo kugira icyo bakora.

Perezida w’u Burusiya yagaragaye kuri televiziyo abwirwa n’abasirikare ko misile yarashwe iturutse Plesetsk mu majyaruguru y’uburengerazuba maze ikubita igipimo mu gace ka Kamchatka kure mu burasirazuba.

Putin yavuze ko iki gisasu gishya gifite ubushobozi buhanitse kandi gishobora gutsinda ubwoko bushya bwose bw’ubwirinzi bwa misile buhari nk’uko iyi nkuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters ivuga.

Yagize ati: “Iyi ntwaro idasanzwe rwose izashimangira imbaraga z’imirwano y’ingabo zacu, irinde neza umutekano w’u Burusiya iterabwoba ryo hanze kandi ihe gutekereza kabiri, abagerageza kubangamira igihugu cyacu”.

Kuri uyu wa Gatatu, Pentagon yavuze ko u Burusiya bwayimenyesheje mbere y’igerageza, yongeraho ko yabonye ko igerageza ari ibintu bisanzwe kandi ko atari iterabwoba kuri Amerika.

Biteganijwe ko u Burusiya bwakohereza Sarmat ifite imitwe 10 cyangwa irenga kuri buri misile, nk’uko Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika bibitangaza.

Ubu bwoko bwa misile bivugwa ko bwari bumaze imyaka burimo gukorwa bityo rero imurikwa ryayo ritatunguranye ku burengerazuba, ariko rije mu gihe cy’imivurungano ikabije ya politike kubera intambara y’u Burusiya muri Ukraine.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *