Ethiopia: Inyeshyamba za TPLF zateye intambwe ikomeye iganisha ku guhagarika intambara

Inyeshyamba zo muri Tigray zikuye mu turere twegereye amajyaruguru ya Ethiopie nk’imwe mu ntambwe yo gushyira intwaro hasi nyuma y’intambara imaze amezi agera kuri 13 zirwana n’ingabo za leta.

Umuvugizi wa TPLF, Debretsion Gebremichael, yatangaje kuri uyu wa Mbere ko bizeye ko igikorwa cyo kwikura muri utu turere kizaba inzira ibageza ku mahoro.

Mu ibaruwa yandikiye Umuryango w’Abibumbye yasabye ko habaho agace katageramo indege zihungabanya TPLF, ingabo za Ethiopie zigashyirirwaho ibihano kimwe na Eritrea iyishyigikiye ndetse n’urwego rwa Loni rukagenzura ko ingabo z’abanyamahanga zavuye muri Tigray.

Umuvugizi wa Guverinoma ya Ethiopie, Legesse Tulu, ntacyo yigeze avuga ubwo itangazamakuru ryabimusabaga.

Intambara muri Ethiopie yatumye abaturage bagera ku bihumbi 60 bahungira muri Sudani, ibihumbi by’abasivile baricwa ndetse abagera ku bihumbi 400 bugarijwe n’inzara muri Tigray naho miliyoni 9,4 bo mu bice by’Amajyaruguru ya Ethiopie bakeneye ibiribwa.

Debretsion yavuze ko yizeye ko kuba TPLF yikuye mu turere twa Afar na Ahmara bishobora gutuma umuryango mpuzamahanga utera intambwe yo kugeza ibiribwa muri Tigray.

Umuryango w’Abibumbye wari uherutse gushinja guverinoma ya Ethiopie gukumira inkunga nubwo yo yabihakanye.

Mu bindi TPLF yasabye harimo leta yarekura imfungwa za politiki zirimo Abanya-Tigray ibihumbi bafunzwe na leta ndetse hagakorwa iperereza mpuzamahanga ku bakurikiranyweho ibyaha by’intambara.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *