Gashumba yatunguye benshi, ahishura uko umukobwa ukunda gutera akabariro cyane yari amwiciye mu buriri

Umuyobozi w’Ikigo Sisimuka Uganda, Frank Malimungu Gashumba, yaririye kuri imwe muri radiyo zo mu Mujyi wa Kampala, avuga uko umukobwa yari amwishe nyuma y’aho bagiye gutera akabariro ariko uwo mukobwa akumva ko iki gikorwa cyamara ijoro ryose.

Uyu mugabo ubusanzwe wibana abo bakunze kwita Ssekyeyombekede, yavuze ko atazibagirwa ijoro rimwe yahuye na Slay queen (abakobwa babaho mu buzima buhenze) i Kampala, ikagomba kumuhitana binyuze mu kabariro.

Yagize ati ” Hari ijoro ntazibagirwa ubwo imwe muri slay queen yari intsinze mu buriri kuko yashakaga ko buri minota 30 twatera akabariro.”

Iyi slay queen Gashumba atavuze amazina gusa agahishura ari Mukunja, bivuze ko ishobora kuba ikomoka i Bukunja, avuga ko uwo mukobwa bakundanaga yari afite ubushake bw’akabariro budasanzwe, kuko yumvaga ko icyo gikorwa cyamara ijoro ryose.

Yakomeje agira ati ” Hari abakobwa bafite apeti wagira ngo ni iy’igikombe cy’Isi! Hari uwo nari mfite, buri saa sita z’igicuku yahitaga yumva umukino wasubukurwa, saa cyenda na saa kumi nabwo bikaba uko. Nageze aho ndibaza nti ibi ni ibiki? Naribwiye nti nize ubukungu, izi mbaraga sinazajya nzibona.”

Gashumba avuga ko ibi byamugizeho ingaruka. Ati ” Nk’ejo najyaga mu biro nkagira ngo naraye ku kiriyo.”

Frank Gashumba ni Se wa Sheila Gashumba, bose bakaba ari ibimenyabose nk’umuravumba muri Uganda cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru ndetse no gukundana n’abantu batandukanye.

Kuri Gashumba we hiyongeraho ko azi kuvuga itaka rikaka, ibirego muri CMI by’ubwambuzi, ubutekamutwe, ubushukanyi n’ibindi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *