Guverinoma ya Uganda yatangaje ko ishyigikiwe n’u Rwanda mu rugamba ingabo zayo zirimo muri RDC

Guverinoma ya Uganda yatangaje ko ishyigikiwe n’u Rwanda mu bikorwa ingabo zayo zirimo byo guhiga abarwanyi bo mu mutwe wa ADF.

Ni amakuru yemejwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda, Henry Oryem Okello, mu kiganiro na Televiziyo ya NTV.

Minisitiri Oryem yavuze ko u Rwanda ruri mu bihugu basabye kubashyigikira.

Ati: “Twabonye ubufasha bwa Kenya n’ibindi bihugu. Ntabwo twahise tubona igisubizo cy’ako kanya k’u Rwanda, ariko turabizi ko bari ku ruhande rwacu”.

Mu gitondo cyo ku wa 30 Ugushyingo 2021 ni bwo Ingabo za Uganda zifatanyije n’iza RDC zatangiye kugaba ibitero by’indege n’imbunda ziremereye kuri ADF.

Ni bitero byagabwe ku birindiro bine bya ADF muri Kivu y’Amajyaruguru na Ituri.

Ingabo za RDC zivuga ko izidasanzwe (special forces) z’ibihugu byombi ari zo zagabye ibi bitero ndetse ko zizakomeza guhiga abarwanyi ba ADF kugeza zitsinsuye burundu uyu mutwe w’iterabwoba.

Mu ntwaro zakoreshejwe harimo indege z’intambara za Uganda za Sukhoi 30 zizwiho kunyaruka, zikaba zararashe ku birindiro bya ADF mu mashyamba ya Irumu na Erengite zigambiriye kubisenya no kwica Komanda w’uriya mutwe witwa Musa Baluku byakekwaga ko ari ho aba.

Kugeza ubu ntabwo haramenyekana ababa bapfiriye muri iki gitero cyangwa abakomerekeyemo, cyangwa ibyangirikiyemo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *