Hadutse icyorezo gishya kiri kwisasira abarokotse COVID-19

Mu Buhinde hagaragaye ikindi cyorezo kiri kwibasira abarokotse Covid-19 cyitwa ‘Black Fungus’, cyatangiye gufata benshi muri iki gihugu guhera muri Gicurasi 2021.

Kugeza ubu icyo cyorezo kimaze kwandura abarenga 45.000, kandi 85% byabo aba ari abarwayi ba Covid-19.

Uko barwara ni nako bapfa kuko iyi ndwara yica abayirwaye ku rugero rwa 50%. Mu Buhinde hamaze gupfa abagera ku 4300.

Iyi ndwara ya mucormycose cyangwa ‘Black Fungus’ ikunda kwibasira abantu badafite ubudahangarwa buhagije bwo kurwanya indwara, aho ikunda gufata amaso, amazuru cyangwa mu bwonko. Ibimenyetso byayo bigaragara bitewe n’urugingo yafashe.

Irangwa n’ibicurane, kuribwa umutwe, kugira umuriro, kutabona neza kuburyo ureba ikintu ukakibonamo ibintu bibiri, ijisho rikabyimba cyane, rikazamo amarira kandi rikaryana. Irangwa kandi no kuzana ibisebe ku mubiri, cyangwa udusebe tw’umukara mu kanwa. Iyi ndwara ishobora kwangiza igifu, ibihaha cyangwa amara.

Mucormycose ikunda gufata abantu bafite izindi indwara zikomeye nka diabète, cancer, cyangwa abarwaye agakoko gatera SIDA.

Naho ku barwaye Covid-19, iri gufata ab’imibiri yabo yarembejwe n’iki cyorezo bamaze hagati y’iminsi 12 na 18 bayikize. Gusa ku bw’amahirwe ntabwo yandura.

Kugeza ubu iyi ndwara iri kugaragara mu Buhinde cyane, hari n’imibare mike y’abayirwaye iri kuboneka mu bihugu nka Nepal, Afghanistan, Misiri na Oman.

Impamvu iyi ndwara iri kwibasira cyane u Buhinde ni uko ubushakashatsi bwakorewe ku bayirwaye bwagaragaje ko ifata cyane abarwayi ba Diabète kandi iki gihugu akaba ari icya kabiri ku Isi mu kugira abarwayi benshi ba Diabète bangana na miliyoni 77, nyuma y’u Bushinwa bufite miliyoni 113 [imibare ya 2019].

Mbere ya Covid-19 mu Buhinde habonekaga abarwayi ba mucormycosis bagera ku 3000 cyangwa 4000 buri mwaka, gusa muri Gicurasi imibare yarazamutse cyane ku buryo Kamena yarangiye hamaze kuboneka abarwayi barenga 40,845.

Kuba imiti ivura iyi ndwara ihenda kandi iboneka gake nabyo biri mu bituma ikomeza guhitana benshi muri iki gihugu, aho doze imwe igura amadorali 95 [95.611Frw].

Kandi uyirwaye aba akeneye guterwa dose eshatu ku munsi mu gihe cy’iminsi 28. Bivuze ko kuyivuza bitwara akayabo ka miliyoni 8 Frw kugira ngo akire.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *