Hahishuwe Uko abagabo bahindurwa abagore n’abagabo bagenzi babo muri gereza

Muri gereza ya Kenya, abagororwa iyo bakiri aho bafungiye, imfungwa zimaze igihe kirekire zisaba abagororwa bashya bagasangira ibyumba kugirango zibifatire bazigire abagore bazo.

Muri uko gusaba kandi, muri rusange usanga harimo ruswa ishingiye ku ipiganwa, ku buryo benshi mu bapiganwa aribo babona kugumana imfungwa nshya bakazigira abagore babo.

Igiciro cyo gupiganira imfungwa nshya gihera ku Ksh 300 kugeza kuri Ksh 500, ni ukuvuga ari hagati y’ihumbi 2000 – 5000 y’amafaranga y’u Rwanda.

Nkuko ikinyamakuru The Star cy’aho muri Kenya kibitangaza, amwe mu marorerwa abera imere y’uruzitiro mu magereza yaho muri kenya ateye ubwoba.abagabo barwanira ifungwa nshya, muri gereza n’umugabo n’umugore, nta boyfriends, umukunzi cyangwa umufasha.

Abagabo barwanira imfungwa nshya “Muri gereza, ni abagabo n’abagore, ntabwo ari abasore bakundana, abakunzi cyangwa abo mukundana. Amagambo akoreshwa ku mugaragaro, nta soni”.

Nk’uko umwe mubo byabayeho uzwi nka Stephen abisobanura agira ati: “Hariho imfungwa zishinzwe kwakira inshyashya no kuzigenera ibyumba n’abo bagumba gusangira icyo cyumba  igihe bakatiwe”.

“Ni ukuvuga ko izi mfungwa zizwi nka rusange zihitamo aho imfungwa nshya zizaba, ku giciro cy’abapinganwe”.

Nk’uko Stephen abyibuka, agira ati: “Hariho imfungwa zishinzwe kugenera abagororwa bashya aho kurara. Noneho, iyo winjiye nk’igihe cya mbere kandi ukaba ukiri mu gace ka rusange, imfungwa zibishinzwe – tubita ‘Muri rusange’ – zihabwa ruswa y’amafaranga kuva Sh300 kugeza Sh500”.

“Mu mfungwa zimazemo igihe, ushoboye gupiganwa agatanga menshi niwe wegukana infungwa nshya basangira icyumba akayigira umugore, uko guhitamo bahera kubyo bifuza kandi bakunda”.

Stephen agira ati: “Ubusanzwe ibyo bakunda ni abato bato, ‘umuhondo-umuhondo,’ bapompa abagabo bafunzwe bwa mbere. Iyo ugeze muri selire, ubusanzwe yuzuye, ‘umugabo wawe’ azakwemerera gusangira matelas, ibiryo n’itabi. Ariko ngwino nijoro, ugomba kwishyura”.

Umugororwa mushya abona kwishimira ibyiza byose birimo matela, ibiryo n’ amasigara [cigarettes]. Icyakora iyo ijoro rigeze, iyo mfungwa nshyashya igomba kwishyura ibyo byose binyuze mu gukoreshwa imibonano.

Nyuma yibi byose ariko, ufashwe ashora abandi muri ibyo bikorwa ahanwa bikomeye, harimo kuvanwa mubandi bagororwa no kugabanyirizwa ifunguro.

Mu gihe icyaha atari kibi cyane, bakubitwa n’abacungagereza hanyuma bagahatirwa kubaho ku ifunguro rimwe kumunsi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

Uko abamaze igihe baba bareba iyo imfungwa nshya zizanywe

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *