Hakozwe imyigaragambyo ikaze yo gushyigikira intambara ya Putin w’u Burusiya muri Ukraine.

Ku ntangiriro hasohotse amakuru menshi yavugaga ko Abarusiya badashyigikiye intambara ya Putin muri Ukraine, nyamara amenshi yabaga ari amakuru aturuka mu binyamakuru byo mu burengerazuba bw’isi birimo nka America n’uburayi.

Ibi binyamakuru bivugwa ko icyo gihe hari amatsinda mato mato y’abantu batari bashyigikiye iyo ntambara ariko kuri ubu ni iyindi nkuru nshyashya mu mijyi ikomeye yo mu Burusiya.

Mu gihe intambara iri mu cyumweru cyayo cya gatanu, ubu noneho Abarusiya bamwe batumvaga impamvu y’iyo ntambara nabo bamaze gusobanukirwa ndetse batangiye gukora ingendo mu mihanda ya Moscow no muyindi mijyi ikomeye yo gushyigikira igihugu cyabo mu ntambara gihanganyemo na Ukraine.

Amatora ndetse n’ibiganiro abaturage bakorana n’itangazamakuru umunsi kuwundi byerekana ko uko bukeye abaturage b’u Burusiya bari kugenda basobanukirwa ko byari ngombwa ko butera Ukraine.

Benshi bavuga ko bamaze kubibona neza ko igihugu cyabo cyamaze kugotwa n’abanyaburayi babifashijwemo na Ukraine bityo ko nta yandi mahitamo uretse kwirwanaho ibintu bitararenga umurongo.

Kugeza ubu n’abandi badashyigikiye intambara babuze uruvugiro kuko bamaze kubona ko bashobora kuba nabo baribeshye ku bitekerezo byabo.

Urugamba kandi rwo gushyigikira Putin rwanagaragariye mu cyegeranyo giherutse kujya hanze, kigaragaza uko abaturage bafitiye ikizere abayobozi barimo perezida Putin ndetse n’igihugu cyabo muri rusange.

Iki cyegeranyo kigaragaza ko mu kwezi kwa gatatu ikizere abaturage bafitiye perezida wabo cyazamutse cyane kikagera kuri 83% kivuye kuri 69% mu kwezi kwa mbere.

Abagera kuri 81% kandi bavuga ko bashyigikiye byimazeyo intambara u Burusiya bwagabye kuri Ukraine.

Aba baturage bavuga ko igisirikare kigomba kurinda ubusugire bw’u Burusiya mu buryo bwose bushoboka kandi bwihuse.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *