Hashize iminsi 4 Kazigaba Andre umwe mu barwanya ubutegets bw’u Rwanda aburiwe irengero?

Uwitwa Mukankiko aratabariza Kazigaba Andre wabaga i Maputo muri Mozambique avuga ko yaburiwe irengero ndetse n’urubuga rwa youtube yari asanzwe anyuzaho ibiganiro bye rugasibwa. 

Abinyujije ku muyoboro we wa youtube Mukankiko Sylvia nawe usanzwe ari umwe mu barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda yavuze ko hasize icyumweru, mugenzi we bafatanya mu guharabika u Rwanda, Kazigaba Andre, aburiwe irengero ndetse n’urubuga rwe rwa YouTube rugasibwa. 

Umwe mu baturage b’abanyarwanda batuye mu mujyi wa Maputo muri Mozambique yatangaje ko bishoboka ko aya makuru atangwa na Mukankiko atari ukuri. 

Uriya muturage yabwiye Rwandatribune ducyesha iyi nkuru ko bishoboka ari amayeri yahimbwe hagati Mukankiko Sylvia na Kazigaba mu rwego rwo kugirango Kazigaba abone uko yihisha ubutabera bumushaka 

Uyu watanze amakuru kandi avuga ko hashize iminsi Kazigaba na Mukankiko bari mu munyenga w’urukundo rw’akadasohoka, aho bivugwa baba bateganya kurushinga dore ko bombi baheruka gukora gatanya n’abo bashakanye. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *