Hashyizweho akayabo ka Miliyoni 10 ku muntu uzabona umwarimu wa kaminuza wasambanyije umwana w’imyaka 16 ufite ubumuga bwo kutabona.

Polisi ya Uganda yashyizeho igihembo cya miliyoni 10 z’amashilingi akoreshwa muri iki gihugu ku muntu wese uzatanga amakuru yatuma umwarimu wa Kaminuza afatwa agatabwa muri yombi nyuma yuko yaburiwe irengero amaze gusambanya umwana. 

Uyu mwarimu witwa Dr Lawrence Eron, ari guhigishwa uruhindu nyuma y’uko aketsweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko ufite ubumuga bwo kutabona. 

Amakuru aturuka muri kiriya gihugu avuga ko uyu munyeshuri w’umukobwa yigaga ahitwa Sir Apollo Kaggwa, Nakisunga, mu Karere ka Mukono. 

Uyu mukobwa yafashwe ku ngufu n’uriya mwarimu wa kaminuza w’imyaka 53 y’amavuko wari umaze iminsi adakora urukundo rwo mu mashuka, nyuma yo kuva mu nama yabereye i Nairobi, muri Kenya. 

Aya makuru akaba yatangajwe n’umwe mu bakozi bo muri iyi kaminuza wasabye ko amazina ye atangazwa kubera ko atemerewe kuvugana n’itangazamakuru. 

Uyu munyeshuri w’imyaka 16 y’amavuko ufite ubumuga bwo kutabona yari mu baterwaga inkunga na Royal Dutch Visio, umuryango utera inkunga abana bafite ubumuga bwo kutabona mu mashuri yisumbuye mu bice byinshi by’igihugu. 

Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Uganda avuga ko ku ya 7 Ukwakira 2023, uyu wahohotewe hamwe n’abandi banyeshuri bagiye mu nama i Nairobi.  

Iri tsinda ry’aba banyeshuri ryari riyobowe n’uyu mwarimu ukurikiranyweho iki cyaha, aho uyu mwarimu asanzwe ari umuyobozi w’ishami ryitwa Special Needs and Rehabilitation, muri kaminuza ya Kyambogo. 

Icyakora, ngo nyuma y’iyi nama yo ku ya 14 Ukwakira, aba banyeshuri basubiye iwabo mu gihugu cya Uganda mu gicuku maze abakozi ba kaminuza bari bashinzwe iryo tsinda bahabwa inshingano yo gucyura bamwe iwabo bakoresheje imodoka zabo.  

Aho niho uyu mwarimu yahise abonera amahirwe yo gusambanya uyu munyeshuri ku gahato. 

Uwatanze amakuru utifuje ko amazina ye atangazwa yagize ati “Umukobwa umwe yazindutse bukeye bwaho, asanga yasambanyijwe. Yahise yihutira kujya ku ishuri, abimenyesha ubuyobozi. Iri shuri ryaterefonnye ababyeyi b’umukobwa utuye muri Arua (West Nile).” 

Icyo gihe bikimara kuba, amakuru avuga ko mwarimu Dr Eron yahise afungwa ku wa 23 Ukwakira ariko nyuma aza kurekurwa atanze ingwate nyuma ahita aburirwa irengero. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *