Ubut!ngany! buravugwa hagati ya Kenny Sol na Boss we Coach Gael nyuma y’amashush0 yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga?

Ku mbuga nkoranyambaga zirimo X, Instagram, Youtube n’izindi, hakomeje gukwirakwizwa inkuru ivuga ko Kenny Sol ashobora kuba afitanye umubano wihariye udasanzwe na Boss we Coach Gael yabaye kimomo. 

Ni inkuru yatangiye gukwirakwira ubwo hajyaga hanze amashusho aba bombi bishimanye, ndetse muri ayo mashusho, umuhanzi Kenny Sol yaje kugaragaramo asoma ku itama umugabo mugenzi we Coach Gael. 

Ayo mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yaje gukurwamo ifoto (screenshot) igaragaza aho umuhanzi Kenny yasomaga Coach Gael, ndetse kuri ubu iyo foto niyo benshi bari gushingiraho bamushinja ubutinganyi. 

Benshi mu batanze ibitekerezo ku mbuga nkoranyambaga bakomeza kuvuga ko imyitwarire y’uyu muhanzi na Coach Gael hariya atari kuriya yari kugenda, aho basanga bibabaje kubona umugabo umaze iminsi micye arongoye kuba yagaragara asoma umugabo mugenzi we. 

Gusa abandi batemeranya n’abakomeje kwibasira uyu muhanzi bavuga ko biriya ari ibisanzwe ari kumwe umuntu yizihirwa agakora ibyo atapanze, ndetse ntanikindi kibyihishe inyuma. 

Mu yandi makuru y’imyidagaduro agezweho, abahanzi bakunzwe mu njyana ya Kinyatrap Bushari na B-Threy, babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo batangaje ko biteguye kujya gutaramira i Buruseri mu Bubiligi, mu gitaramo giteganyijwe kuba ku ya 01 Kamena 2024. 

Ni igitaramo bagiye kwitabira nyuma y’uko bombi baherutse gutaramira i Paris mu Bufaransa muri gahunda y’urugendo bafite ku mugabane w’Uburayi, rugamije kurushaho kwagura no kumenyekanisha umuziki wabo. 

Uretse urwo rugendo baheruka gukorera mu Bufaransa, aba bombi bagaragaje ko nyuma bazataramira muri Poland aho babinyujije ku rubuga rwabo rwa Instagram bateguje abatuye muri icyo gihugu by’umwihariko Abanyarwanda, bababwira ko andi yose kuri icyo gitaramo bazayamenyeshwa mu bihe bya vuba. 

Mu butumwa B-Threy yasangije abakunzi be yagize ati: “Bantu banjye bo muri Poland, nishimiye gutangaza ko vuba nzataramira muri Poland, mukomeze mukurikire ibindi bisobanuro bijyanye n’itariki n’aho bizabera, ni vuba mukabimenya, ntimuzacikwe.” 

Ibi byanashimangiwe na mugenzi we Bushali abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yasabye abakunzi babo kutazabura kuko kubura bizaba ari uguhomba. 

B-Threy na Bushari bakomeje kugaragarizwa urukundo n’abakunzi babo muri urwo rugendo barimo rwo kwagura umuziki wabo wo mu njyana ya Kinyatrap, bagerageza kuwumenyekanisha ku ruhando mpuzamahanga by’umwihariko ku mugabane w’Uburayi. 

Uretse urugendo barimo gukora bombi, Busharri ku giti cye arateganya kuzataramira mu iserukiramuco ryitwa Africa Fest, rizaba tariki 24 Gicurasi 2024, rikazabera mu Mujyi wa Lille uherereye ku mupaka w’u Bufaransa n’u Bubiligi. 

Ni urugendo rwo kwagura umuziki bakoze nyuma y’uko Bushari aherutse guhura na Minisitiri w’urubyiruko n’iterambere ry’ubuhanzi bakagirana ibiganiro byibanze ku kumenya igisabwa ngo uyu muhanzi ashyire ahagaragara umuzingo, aho  byasoje Minisitiri Utumatwishima Abdallah amwemereye ko aho gukorera igitaramo yazahamubaza umunsi yagize iyo gahunda. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *