Miss Nishimwe Naomi ufite umugabo wo muri Ethiopia yahishuye ko adashobora guhisha inyinya ye

Mu kiganiro cyatambutse imbonankubone ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram Miss Nishimwe Naomi aheruka kuganira n’abakunzi be, yabahishuriye ko adashobora gukuraho inyinya ye nk’uko byakozwe n’umuhanzi Meddy. 

Ibi yabivuze ubwo umwe mu bari bamukurikiye, yamubaza niba muri Ethiopia banga inyinya, kuko umugabo we ariho akomoka. 

Ibi kandi uyu muntu yabimubajije agendeye ko umuhanzi Meddy ubwo yari agiye gushaka umugore ukomoka mu gihugu cya Ethiopia, yakuyeho inyinya, bivugwa ko muri kiriya gihugu babibona nk’inenge. 

Mu kubasubiza, Miss Nishimwe Naomi yavuze ko ubusanzwe atari mwiza. 

Yakomeje agira ati: “si ndi mwiza ariko byibuza iyo nsetse umuntu abona akantu kari mu menyo akavuga ati wow, rero nkuyeho inyinya yange umuntu yajya ambona akabona ntabirenze”. 

Mu yandi makuru agezweho, umuhanzi Meddy yaciye agahigo ko kuba umuhanzi nyarwanda wa mbere ugize indirimbo imaze kurebwa n’abantu basaga miliyoni 100 akaba asanze abandi bahanze b’ibyamamare mu Karere kuri uru rwego. 

Mu gihe cy’imyaka igera kuri itandatu ayishyize ku rubuga rwe rwa YouTube, indirimbo Slowly y’umuhanzi w’umunyarwanda Ngabo Medard uzwi nka Meddy, yatumye aca agahigo ko kuba umunyarwanda wa mbere ufite indirimbo imaze kurebwa n’abantu benshi kuko imaze kurebwa n’abarenga Miliyoni 100. 

Ni indirimbo yashyize ahagaragara tariki 23 Kanama 2017, ikaba imaze kuzuza abayirebye barenga miliyoni 100(Views), abayikunze  522 ( Likes), ibintu bimugira  uwa mbere wanditse aya mateka mu  muziki nyarwanda. 

Meddy aciye ako gahigo mu Rwanda mu ndirimbo Slowly, mu gihe mu Karere ayo mateka amaze gukorwa n’abahanzi barimo Zuchu waririmbye Sukari, na Fally Ipupa waririmbye Eloko Oyo na zo ni zimwe mu ndirimbo zaciye ako gahigo. 

Indirimbo Slowly ya Meddy iciye ako gahigo, mu gihe uwo muhanzi yamaze kwiyegurira gukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ibitarakiriwe neza n’abakunzi b’ibihangano bye. 

Kugeza ubu Meddy amaze gukora indirimbo ebyiri zo kuryamya no guhimbaza Imana, gusa mbere yo gufata uwo mwanzuro hari izindi enye yari yarashyize ahagaragara, zirimo Ngirira Ubuntu, Ntacyo nzaba, ijambo ndetse na Holly Spirity yashyize ahagaraga mu 2013. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *