Igisasu kiswe Satan 2 cy’u Burusiya cyagera i Paris mu masegonda 200 cyangwa 106 i Berlin mu Budage

Aya makuru yatangajwe kuri televiziyo ya leta y’u Burusiya, Rossiya-1, mu minsi ya nyuma ya Mata. Abashyitsi, abadepite bagize Inteko ishinga amategeko y’u Burusiya n’abanditsi, bashimye ubushobozi bw’igisasu cy’u Burusiya (Satan 2) ku banzi ndetse n’abashyigikiye Ukraine.

Igishushanyo kigaragaza ikibatsi cy’umuriro cyerekeza ku ikarita y’u Burayi ku mirwa mikuru y’ibihugu by’ibinyamuryango bya NATO nk’aho igisasu kigomba kugwa.

Hakurikijwe ibisobanuro byakozwe na CheckNews, bigaragaza ikoreshwa rya misile igezweho yiswe “Sarmat”, ibinyamakuru bimwe byise “Satan 2”.

Umunyamakuru Olga Skabeïeva yerekana igihe bizatwara, kugirango iyi misile yambukiranya imigabane igere mu mirwa mikuru y’u Burayi kuva Kaliningrad mu Burusiya.

“Kugeza i Berlin, bifata amasegonda 106 . Kuva Kaliningrad kugera Paris amasegonda 200, mu gihe haba ari i London ari amasegonda 202”.

RS-28 Sarmat, ari yo “Satani 2,” ifatwa nk’igisasu cyambukiranya imigabane cyo mu bwoko bwa ballistic (ICBM) gikomeye u Burusiya butunze: ni misile ya ballistique iremereye cyane, ifite ingufu za kirimbuzi.

Ubwo cyamurikwaga mu 2018 havuzwe ko ari “igisekuru kizaza” cy’intwaro zishobora kurenga “uburyo ubwo ari bwo bwose bwo kwirinda misile” nk’uko Putin yabitangaje icyo gihe.

Mu yandi makuru agezweho, Umuryango w’Ibihugu by’ubumwe bw’u Burayi (EU) wasabye ibihugu 27 biwugize gufata umwanzuro wo guhagarika kugura ibikomoka kuri peteroli byo mu Burusiya mu rwego rwo guca intege icyo gihugu cyatangije intambara muri Ukraine.

Perezida wa EU, Ursula von der Leyen yanasabye ko Sberbank, imwe muri banki zikomeye mu Burusiya n’izindi ebyiri zivanwa ku buryo bw’ikoranabuhanga bwa SWIFT bworohereza amabanki kwishyurana mu buryo mpuzamahanga.

Ubwo Von der Leyen yagezaga ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko y’u Burayi, yavuze ko ibihugu bigize EU bikwiriye gukora ibishoboka byose mu mpera za 2023 bikaba bitakivana ibikomoka kuri peteroli mu Burusiya.

Yagize ati: “Tuzaharanira uburyo turangizanya n’ibikomoka kuri peteroli bituruka mu Burusiya ariko tubikore mu buryo budufasha gushakisha ahandi tubivana kandi ntibigire ingaruka zikomeye ku isoko mpuzamahanga”.

Nubwo ari ubusabe, Von der Leyen yatangaje ko bizasaba ibiganiro bikomeye kuko bimwe mu bihugu by’i Burayi bikoresha cyane ibikomoka kuri peteroli na Gaz biturutse mu Burusiya, ku buryo bizagorana kubyumvisha ko bigomba kubihagarika.

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi 26 % by’ibikomoka kuri peteroli ukoresha bituruka mu Burusiya.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *