Imana yangize umugore wawe sinzemera gatanya – Uwari umugore wa Pasiteri Bugingo baheruka gupfa amagi

Pasisteri Teddy Naluswa, wari umugore wa Pasiteri Bugingo yavuze ko atazigera yemera gatanya ku mugabo we kuko Imana ariyo yamugize umugore w’uwo mugabo.

Ni mu gihe Pasiteri Aloysius Bugingo, we yamaze kwaka gatanya ngo yibanire n’uwari umukozi we, Suzan Makula Nantaba.

Mama Pasiteri Teddy wari umaranye na Bugingo imyaka 19, batandukanye mu 2019, bagana inkiko ngo batandukane.

Suzan Makula Nantaba mu minsi mike ishize yeretse ababyeyi be Bugingo, mu muhango wabaye mu ibanga.

Uyu mugore yavuze ko adateze kutitwa umugore wa Bugingo.

Yagize ati: “Ntekereza ko mwumvise amakuru ariko reka mbabwire ndacyitwa Teddy Naluswa Bugingo, umugore wemewe n’amategeko wa Bugingo”.

“Bibiliya n’Imana barabizi, Suzan ntazwi, nta gatanya nteze guha umugabo wanjye”.

Bugingo mu minsi ishize yari yatangiye kwitoza ibizakorerwa mu bukwe.

Yari yasabye ko Teddy yakwemera gatanya nyuma y’aho ubuhuza bwanze muri iki kibazo.

Pasiteri Bugingo yari yasabye gatanya avuga ko umugore we amusuzugura. Yahisemo kwibanira n’uwari umukozi we muri kompanyi Salt Group.

Nyuma yaje kuvuga ko umugore yari atazi guteka, ko bapfuye amagi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *