Gen. Mubarakh Muganga avuga ko APR FC ayobora ifite amahirwe menshi yo gusezerera R.S Berkane

Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yatangaje ko afite icyizere cy’uko iyi kipe izasezerera R.S Berkane yo muri Maroc, ikabona itike yo kujya mu matsinda ya CAF Confederations Cup.

Nk’uko urubuga rw’iyi kipe rubivuga, uyu muyobozi yabitangaje ubwo yari amaze gukurikirana imyitozo y’abakinnyi bitegura kujya muri Maroc, mu mukino wo kwishyura.

Mu mukino ubanza wabereye kuri sitade ya Kigali tariki ya 28 Ugushyingo 2021, amakipe yombi yanganyije ubusa ku bundi, gusa APR FC nk’uko isanzwe ibigenza yiharira umukino, bigera aho Hamza Regragui wa R.S Berkane yerekwa ikarita itukura ku munota wa 81.

Gen Muganga avuga ko n’ubwo atabashije kujya kuri sitade ngo akurikire uyu mukino, yarebye amashusho y’uko wagenze, abona abakinnyi ba APR FC baritwaye neza kandi ngo barashoboye; babikesha abatoza, akaba ari nabyo ashingiraho avuga ko bafite icyizerre cyo gusezerera iyi kipe.

Yagize ati: “Nshima cyane aba batoza banyu bahinduye imikinire yanyu ku rwego ruri hejuru, cyane ari nabyo biduha icyizere ko iriya kipe tuzayisezerera, tukagera mu matsinda kandi bizagerwaho. Ndashaka kubabona mubyina intsinzi n’ingabo zishimye ku bwo kwitwara neza kwanyu.”

Amahirwe ‘menshi’ yo gusezerera R.S Berkane, Gen. Muganga ayashingira kandi ku kuba abatoza ba APR FC (Mohammed Adil Erradi na Hadji Taeb) bakomoka muri Maroc. Ati: “Rwose dufite amahirwe menshi, abatoza banyu baturuka muri kiriya gihugu barahazi; ibyo biri mu byongera amahirwe.

Umukino wo kwishyura uzaba tariki ya 5 Ukuboza 2021 saa mbiri z’ijoro nk’uko biteganyijwe ku ngengabihe y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *