Impamvu Minisitiri Bicamumpaka yaburiye abo mu muryango we bashakaga kujya mu myanya y’ubutegetsi

Bicamumpaka Balthazar wigeze kuba Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi ku butegetsi bwa Perezida Gregoire Kayibanda, yaburiye bamwe mu bo mu muryango we, abasaba kudahirahira bajya gushaka imyanya mu butegetsi, nk’uko umukazana we, Salome Nyiranzayino abivuga.

Salome Nyiranzayino w’imyaka 72 y’amavuko asanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyanza, Akagari ka Rurambo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Musanze.

Abajijwe n’umunyamakuru uko Sebukwe wari warabaye umutegetsi nyuma akajya mu by’ubucuruzi, yafata ubutegetsi, yavuze ko yababwiye ko adashaka ko abamukomokaho bajya mu byo gutegeka, ngo biravuna.

Ubwo yaganiraga na BWIZA ducyesha iyi nkuru, uyu mubyeyi yagize ati: “Mu myumvire ye ku butegetsi, yaravugaga ati narategetse ati ariko rero gutegeka birakomeye”.

“Ati njye ntabwo nakwifuriza umwana wanjye ngo ajye mu butegetsi nk’ubwo nahuye nabwo. Yaravugaga ati sinifuzaga ko umwana wanjye yategeka kuko biravuna”.

Nyiranzayino avuga ko atazi impamvu mu by’ukuri Sebukwe Bicamumpaka yatinyaga ubutetsi kandi yarabubayemo.

Ati: “Ni uko yabivugaga gusa. Sinzi ikintu yari yarabubonyemo”.

Bicamumpaka Balthazar yavuye muri politiki mu 1972, ajya gukora ubucuruzi mu Mujyi wa Ruhengeri/ Musanze y’ubu.

Uyu mukazana we avuga ko yaje kwitaba Imana mu 1981. Avuga ko yabasigiye umurage wo gukundana no gusenga cyane kuko yigeze no kubaho faratiri nyuma abivamo.

Mu bindi yabigishije harimo ubwumvikane, birinda amatiku ndetse no gufasha abaturage.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *