Ingabo za Uganda ziri kurwana n’inyeshyamba za ADF muri RDC zigiye gukorwaho iperereza

Umuryango w’Abibumbye watangaje kuri uyu wa Gatatu ko ugiye gukora igenzura ku bikorwa bihungabanya uburenganzira bwa muntu byakozwe n’ingabo za Uganda n’iza RDC mu bitero zagabye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zirwanya umutwe wa ADF.

Aziz Thioye, uhagarariye Ibiro by’ishami rya Loni rishinzwe uburenganzira bwa muntu muri RDC (UNJHO), yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP ko uru rwego rugiye gucukumbura uruhare rw’izi ngabo mu guhonyora uburenganzira bwa muntu mu bikorwa zihuriyeho.

Yagize ati: “Kumisha amasasu nta gutoranya bishobora kuba byaratikije byinshi bigashyira mu kaga ubuzima bw’abantu bari baherereye mu gace ADF yarimo bitavuze ko bifatanyije na yo”.

“Amasasu ashobora kuba yarahitanye abaturage bari mu bikorwa byayo kuko ari mu gace gakorerwamo ubuhinzi bitewe n’uko habayeho kurasa batigeze baburirwa”.

Uyu muyobozi yavuze ko Loni itegereje ko ibizava mu iperereza ari byo bizagaragaza ukuri ku byangijwe.

Yakomeje ati: “Hari ishuri ryigaruriwe n’ingabo za Uganda (UPDF) mu gace ka Kamango bituma amasomo asubikwa, icyo UNJHO ifata nko kwica amategeko mpuzamahanga”.

Ku wa Kabiri w’iki cyumweru, ingabo za Uganda zatangaje ko zagabye ibitero ku birindiro bitatu bya ADF, Umutwe w’iterabwoba ukunze gushinjwa ubwicanyi mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no kuba uherutse kugaba ibitero by’iterabwoba mu Mujyi wa Kampala.

Mu mpera z’Ugushyingo, ingabo za Uganda zemerewe n’abayobozi ba RDC kugaba ibitero ku birindiro bya ADF muri Pariki ya Virunga mbere y’uko zambuka umupaka zigiye gufatanya n’iza RDC kurwanya uyu mutwe.

ADF yashinze ibirindiro byayo mu Burasirazuba bwa Congo mu 1995; uri mu mitwe yitwaje intwaro iteye inkeke muri aka karere. Ushinjwa ko wishe abantu ibihumbi by’abasivile mu myaka 10 ishize.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *