Ingabo z’u Buholandi ziri gukorera imyitozo ikakaye ku butaka bw’u Rwanda. Reba Amafoto yaciye ibintu.

Uko imyaka ishira indi igataha u Rwanda ni kimwe mu bihugu bigaragaza ko bifite igisirikare cy’umwuga kandi kirangwa n’ubunyangamugayo; ibi bituma kuri ubu rusigaye rwakira amahugurwa n’imyitozo y’abasirikare baturutse hirya no hino ku Isi.

Abo u Rwanda ruheruka kwakira ni abagera ku 150 babarizwa mu Gisirikare cy’u Buholandi kirwanira ku butaka kizwi nka ‘Royal Netherlands Army’.

Mu Ugushyingo 2021 ni bwo aba basirikare bo muri batayo ya 44 bageze mu Rwanda muri gahunda y’imyitozo yo kurwanira ku butaka bagomba kurukoreramo.

Batangiye imyitozo yabo tariki 28 Ugushyingo 2021 mu Kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo bikaba biteganyijwe ko bazayisoza ku wa 22 Ukuboza 2021.

Ubwo aba basirikare basuraga Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Ronald Rwivanga, yavuze ko kuba bahisemo gukorera imyitozo yabo mu gihugu bigaragaza umubano mwiza u Rwanda rufitanye n’u Buholandi.

U Rwanda n’u Buholandi bisanzwe bifite umubano ukomeye n’ubufatanye mu bya gisirikare bukubiye mu masezerano yashyizweho umukono ku wa 14 Kamena 2005.

Kuba Igisirikare cy’u Buholandi cyakorera imyitozo mu Rwanda si ibintu byoroshye kuko kibarwa mu bikomeye ku Mugabane w’u Burayi no ku Isi yose.

Amakuru dukesha Business Insider agaragaza ko Igisirikare cy’u Buholandi kiza muri 15 bya mbere bikomeye i Burayi. Ni nyuma y’iby’ibihangange nk’u Burusiya, u Bufaransa, u Bwongereza, Turikiya, u Budage n’u Butaliyani.

Buri mwaka Igisirikare cy’u Buholandi kigizwe n’abarenga ibihumbi 50 gikoresha ingengo y’imari ya miliyari 9.84$. Amakuru agaragaza ko gifite indege zirenga 165, n’ubwato bw’intambara 56.

Twifashishije ikinyamakuru IGIHE, tugutegurira amafoto agaragaza imyitozo ikakaye bamwe mu basirikare bagize Batayo ya 44 mu Gisirikare cy’u Buholandi kirwanira ku butaka bari gukorera mu Rwanda.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/7ovG8Y2PqJg

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *