Ingabo z’u Rwanda zabohoye amagana y’abaturage bari barafashwe bugwate n’ibyihebe

Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iz’umuryango wa SADC, zashoboye kugarura ubuzima mu karere ka Macomia ho mu ntara ya Cabo Delgado, nyuma ya Operasiyo yari imaze ukwezi kose.

Aha muri Macomia Ingabo z’u Rwanda zari zarahageze tariki ya 30 Werurwe, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke wari waratewe n’ibyihebe.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Ronald Rwivanga, yatangaje ko Iriya Operasiyo yasize amagana y’abaturage bari barafashwe n’ibyihebe bamaze kubohorwa, kuri ubu bakaba bari kwitegura gusubira mu ngo zabo.

News 24 yasubiyemo amagambo ye agira ati: “Ibikorwa byagenze neza kandi byatumye amagana y’abaturage bari barafashwe bugwate n’inyeshyamba bagarurwa”.

Guverineri w’Intara ya Cabo Delgado, Valige Tauabo, ku cyumweru gishize yasuye Ingabo z’u Rwanda ahitwa Chai mu rwego rwo kuzishimira ku bw’imbaraga zikomeje gukoresha zigarura amahoro muri iriya ntara.

Yazishimiye by’umwihariko ku musanzu zikomeje gutanga zifatanyije n’iza Mozambique mu guhashya ibyihebe byo mu mutwe wa Al Shabaab muri Cabo Delgado, ashimangira ko umutekano wamaze kongera kugaruka.

Itangazo RDF iheruka gusohora ryungamo ko Guverineri wa Cabo Delgado yakomeje avuga ko “abaturage bari busubire byuzuye mu ngo zabo”.

Kugeza kuri ubu abanya-Mozambique babarirwa mu 800,000 ni bo bamaze kuvanwa mu byabo n’ibyihebe bimaze igihe biteza umutekano muke muri Cabo Delgado, mu gihe ababarirwa mu 3,000 bishwe na byo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *