Kigali: Hahishuwe ukuri ku cyari cyihishe inyuma y’ibura ry’amazi muri uyu mujyi no mu nkengero zawo

Hashize iminsi abaturage bo mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo bataka ibura ry’amazi nk’ikibazo kibahangayikishije kuko usanga batanga amafaranga menshi ngo babone amazi yo gukoresha.

Urugero ni umuturage wo mu Kagari ka Rugenge mu Murenge wa Muhima umaze iminsi agura ijerekani y’amazi ya litilo 20 ku mafaranga 1000Frw.

Uyu muturage yavuze ko nibura ku munsi asigaye atanga 5000Frw ku mazi kuko akoresha ijerekani eshanu ku munsi.

Usibye uyu bamwe mu baganiriye n’ikinyamakuru IGIHE bavuze ko bagowe n’ikibazo cy’amazi gikomeje kuba ingorabahizi mu Mujyi wa Kigali.

Umwe yagize ati: “Amazi akomeje kuba ikibazo iyo utumye aho bajya kuvoma aba ahenze ku buryo utabasha kubona ahagije umuryango, ibi bituma udakora amasuku n’indi mirimo yo mu rugo”.

Kuri iki Cyumweru, Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyasohoye itangazo rigaragazo ko icyatumye amazi abura ari ukuvugurura imiyoboro y’uruganda rwa Nzove.

Iri tangazo ryavugaga ko biseguye ku baturage bo mu bice bya Runda, Rugalika, Gihogwe, Kabuye, Nyarutarama, Kibagabaga, Kinyinya,Bumbogo, Rukiri-Gishushu-Remera, Nyakabanda, Gisozi, Kamatamu, Meredien,Faisal, Kanserege,Kimihurura, Rugando, Gacuriro, Kagugu, Rwankuba, Kami na Gasanze.

Rikomeza rivuga ko biseguye ku baturage babuze amazi ibibazo bagiye kubikemura nubwo hatatangajwe igihe nyirizina aba baturage bazongea kubonera amazi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *