Inyeshyamba za RED Tabara ziciye ingabo z’u Burundi n’Imbonerakure 10 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo?

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara uravuga ko warwaniye n’ingabo z’u Burundi n’Imbonerakure mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yicamo 10, ikomeretsa n’izindi zibarirwa muri 20.

Uyu mutwe urwanya Leta y’u Burundi mu butumwa wanyujije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 2 Mutarama 2022, wavuze ko izi mfu n’inkomere zabereye mu mirwano mu duce twa Gashenyo na Kitembe mu misozi miremire iri muri iyi ntara.

Wagize uti: “Muri aya masaha ya nyuma ya saa sita muri Gashenyo na Kitembe mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyaruguru #RDC, twarwanye n’ingabo z’igihugu cy’u Burundi, FDN n’Imbonerakure za CNDD FDD. Imibare: 10 bapfuye, ababarirwa muri 20 barakomereka ku ruhande rw’umwanzi”.

RED Tabara yigambye iyi ntsinzi nyuma y’aho itangarije amakuru y’uko hari ingabo z’u Burundi n’Imbonerakure zagiye kuyihigira muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ku rundi ruhande, byavugwaga ko Batayo y’abakomando mu ngabo z’u Burundi barenga 250 yoherejwe muri iyi ntara kugira ngo irwanye RED Tabara ivugwaho gushingayo ibirindiro, ikanifatanye n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorerayo.

Leta y’u Burundi ntacyo ijya itangaza kuri aya makuru y’ingabo zayo zivugwa muri Kivu y’Amajyepfo cyangwa imirwano ivugwa hagati yazo n’abarwanyi ba RED Tabara.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *