Inzego z’umutekano zataye muri yombi Umugabo nyuma yo kumugwa gitumo ashaka gusambanya Nyina umubyara

Umugabo witwa Dan Otieno w’imyaka 36 yamavuko, ukomoka mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi azira icyaha cyo gushaka gusambanya nyina umubyara ubwo yari yasinze

Ibi bivugwa ko byabereye mu cyaro cyahitwa Karao, agace ka Kombewa Seme Sub-County ho mu ntara ya Kisumu, mu gihugu cya Kenya.

Amakuru ducyesha ibitangazamakuru byandikirwa mu gihugu cya Kenya avuga ko ibi byabere mu cyaro cyahitwa Karao mu gace kitwa kombewa Seme Sub-County mu ntara ya Kisumu mu gihugu cya kenya.

Umuyobozi w’ako gace Caleb Okuom yavuze ko aya makuru yamenyekanye biturutse kuri umwe mu bayobozi b’umudugudu baho, witwa Martin Omware.

Okuom yavuze ko Omware yamubwiye ko ukekwaho icyaha yitwa Dan Otieno yageze mu rugo yasinze, agasagarira nyina agerageza gushaka kumusambanya ku gahato.

Yagize ati: “Ushinjwa yageze mu rugo yasinze, atangira gusagarira nyina umubyara, agambiriye kumusambanya’’.

Umuyobozi wako gace bivugwa ko yahise amenyeshwa ayo makuru, nawe ahita yitabaza abandi bayobozi b’imidugudu babasha gufata uwo mugabo Otieno bamushyikiriza sitasiyo ya polisi ya Kombewa.

Hellen Rotich umuyobozi w’iyo sitasiyo ya polisi yatangarije television yo muricyo gihugu yitwa K24TV ko uwashinjwaga yarafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kombewa.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *