Kigali: Andi mashusho y’umusore n’inkumi bo mu mujyi bari gusambana yaciye igikuba

Mu gihe hirya no hino ku isi ikoranabuhanga rigenda ritera imbere ndetse n’abakoresha imbuga nkoranyambaga bakiyongera ari na ko hano mu Rwanda bimeze ndetse bigenda bikurura ibintu byinshi bidasanzwe tutigeze tubonana umunyarwanda mu gihe twari rubizi ku bazungu.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 5 Gashyantare 2022 ku mbuga nkoranyambaga habyukiye amashusho y’umusore wari uri kumwe n’inkumi b’i Kigali bizihiwe batera akabariro.

Ibi babikoraga ari nako bifata amashusho, ibintu byahagurukije benshi ndetse bamwe bakaba basaba RIB kubakurikirana kubera ibyo bikorwa bashyize hanze.

Muri ayo mashusho, bagaragara bari mu buriri umusore aryamye mu gihe umukobwa amwicaye hejuru bambaye ubusa kandi bari mu gikorwa cyo gusambana nkuko amashusho bashize hanze yabigaragaje dore ko byose babyerekanaga.

Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje guterwa impungenge n’ahazaza h’Urubyiruko rw’u Rwanda mu gihe birirwa mu bikorwa by’urukozasoni noneho bakaba batagitinya no kubishyira ku ka rubanda bose babireba.

Aya mashusho kandi benshi ntibazuyaje gusaba Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kubakurikirana nkuko rwigeze gukurikirana abakobwa basakaje amashusho yabo bambaye ubusa bityo ko naba bahanwa dore ko n’amasura yabo agaragara neza.

Mu minsi ishize (ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 8 Ukuboza 2021), ni bwo aba mbere mu bakoresha Twitter bateye imboni amashusho agaragaza umusore n’inkumi basa n’abari kwiha akabyizi muri piscine.

Aya mashusho y’amasegonda 30 agaragaza umusore n’inkumi bari muri piscine y’imwe muri hoteli z’i Kigali basa n’abahagazemo. Umukobwa yegamye ku rukuta rwayo aho asa n’uwahegetswe n’umusore wamwinjiyemo neza nk’uri mu gikorwa cy’abantu bakuru.

Mu gutangira kwayo humvikana indirimbo ziri gucurangwa, kwa kundi bigenda kuri piscine zigezweho aho abantu boga bumva n’akaziki kayunguruye.

Mu majwi yumvikana, abashobora kuba barafashe aya mashusho baba batunga agatoki kuri wa musore n’inkumi nk’ababaryanira inzara ku kwiha akabyizi ku karorabose.

Urebye amashusho ntabwo agaragaza neza igikorwa cyajyaga mbere ariko wumvise amagambo yavugwaga n’abari bahari, yumvikana ko aganisha ku byishimo ubusanzwe bitangirwa mu gitanda.

Umwe ati: ‘‘Ashobora gutinda kurangiza. Njye ndamufite [yavugaga ko muri camera ye amubona neza]’’.

Nyuma y’uko aya mashusho asakajwe ku mbuga nkoranyambaga kuri konti ya Twitter y’uwiyise Uzatere Ipasi, abantu benshi bayatanzeho ibitekerezo.

Icyo gihe bamwe bagaragaje ko ishyano ryacitse umurizo kubona abantu babiri bafata icyemezo cyo kwiha akabyizi muri piscine yogeragamo abandi ku manywa y’ihangu.

Abandi mu gutebya bavuze ko byashoboka ko ariyo nyogo yabo, imvugo igezweho yo kuvuga uburyo umuntu yogamo. Hari n’abatunze agatoki izindi mbaraga zishobora gutuma bahindura intekerezo, bagafata ibyemezo bibanejeje batitaye ku maso y’abantu.

Yego Mwidishyi yagize ati: “Ase ubu muba mwanyweye izingana iki?’’

Guverineri w’Abakarani we yagize ati: “Nuko abaraho turumirwa dutera ikorasi tuti Satani ni umugome’’.

Muri ibi bitekerezo hari n’abagaragaje ko kogera muri piscine rusange bishobora gutera ikibazo kubera abazidagaduriramo birenze igipimo.

Ngoga Gilbert yagize ati: “Ubu se koga muri pisine rusange hari umutekano w’ubuzima urimo kubera iyi myanda abantu batiyubaha bakoreramo!’’

Bamwe bakwennye aba bombi ariko abandi berekana ko ari uburenganzira bwabo.

Abazimana Steven yagize ati: “Njye numvaga bitarabereye mu Rwagasabo, umuco uranze uracitse’’.

Amashusho yafashwe yanagiye akoreshwa n’abandi bakoresha Twitter n’izindi mbuga nkoranyambaga mu kuyasangiza abandi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://twitter.com/kesh250_/status/1468575688366206978?ref_src=twsrc%5Etfw%7Ctwcamp%5Etweetembed%7Ctwterm%5E1468575688366206978%7Ctwgr%5E%7Ctwcon%5Es1_&ref_url=https%3A%2F%2Figihe.com%2Famakuru%2Futuntu-n-utundi%2Farticle%2Fishyano-ryacitse-umurizo-umusore-n-inkumi-bihereye-akabyizi-muri-piscine-video

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *