Nyagatare: Pasiteri arashinjwa kwica ubukwe bwaburaga amasaha make ngo bube. >>>Inkuru irambuye

Pasiteri mu itorero Carval Temple, muri imwe mu misingi yaryo mu Karere ka Nyagatare, yanze gusezeranya abageni habura umunsi umwe ngo ubukwe bube, ku mpamvu itaramenyekana.

Ubukwe bw’abo bageni bwari buteganyijwe tariki ya 05 Gashyantare 2022, nyuma yo kwemeranya kubana nk’umugore n’umugabo tariki ya 13 Mutarama 2022, babihamya imbere y’amategeko.

Ubwo yaganiraga na YAWE TV ducyesha iyi nkuru, umusore wari gukora ubukwe yagize Ati: “Ejo bampamagaye bambwira ko Pasiteri atadusezeranya”.

“Ngo umukobwa ni umukirisitu cyane, niba hari inenge yambonyeho ko ari na we twagendanaga buri gihe mu gusaba, kuki atabuhagaritse mbere hose?”

Uyu musore akomeza avuga ko yifuza umugore we basezeranye mu mategeko cyangwa bakamusubiza ibye ako kanya.

Agira ati: “Bazindutse badutumaho ngo umukobwa yabuze ariko sibyo ni inama za Pasiteri, Ubu tugiyeyo turamenya uko bigenda”.

“Ariko ibyoroshye bampe umugore wanjye kuko ndamukunda kandi niba banze, bansubize ibyo maze gutanga byose batanduhije”.

Pasiteri akimara kwanga kubasezeranya, bari bahisemo kwishakira undi ku ruhande ariko nabyo iwabo w’umukobwa barabyanga, nyamara mbere bari babyemeranyijeho.

Umwe mu baherekeje uwo musore gusaba, avuga ko umuryango w’umukobwa wabahemukiye kuko warenze ku masezerano bagiranye.

Ubwo twakoraga iyi nkuru umuryango w’umuhungu wari werekeje aho wasabye umugeni ‘kurongora’, n’ubwo wari wamaze kubwirwa ko umukobwa adahari, ko ahubwo yabuze.

Umusore yavuze ko kuba, Umukobwa yabuze atabizi kandi ntanuruhare, abifitemo rero arasaba ko bamusubiza ibye yatanze byose cyangwa bakamuha umukobwa.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *